Nyuma y’ibiganiro byagiye bitangirwa ariko bigapfuba, hari amakuru avuga ko inzego z’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda zigiye gusubukura ibiganiro ku buhahirane bw’amata. Ni ibiganiro biteganyijwe g...
Perezida wa Banki Nyafurika y’Iterambere Dr Akinumi Adesina yanditse kuri Twitter ko aherutse kuganira na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we uyobora Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan beme...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 10, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Mozambique Filip Nyusi baganira aho ibikorwa byo kugarura amahoro muri Cabo Delgado bigeze. Uru ru...
Rose Kayi Mivedor ushinzwe guteza imbere ishoramari muri Repubulika ya Togo yarangije urugendo yagiriraga mu Rwanda. Yagiranye ibiganiro n’abakozi bo muri Minisiteri ishinzwe ubucuruzi n’inganda mu Rw...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Umuyobozi w’Ikigo gifite ikicaro mu Butaliyani kitwa ENI witwa Claudio Descalzi. Yari ari kumwe n’itsinda ryaje rimuherekeje. Ku rubuga r...
Mu Cyumweru gishize nibwo urusenda rwa kamurari rwumye rwoherejwe mu Bushinwa ruturutse mu Rwanda. U Rwanda nicyo gihugu cya mbere muri Afurika cyohereje urusenda nka ruriya muri kiriya gihugu gifite ...
Abacuruzi bo muri Tanzania bahaye Perezida wabo Nyakubahwa Samia Suluhu Hassan urutonde rw’ibyo bifuza ko yaza kuganira na mugenzi we uyobora u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame. Bimwe muri byo kunoza im...
Abakorera imiryango iharanira uburenganzira bw’abana bavuga ko ibirombe bicukurwamo ibuye ry’agaciro ryitwa Cobalt ari byo bigwamo abana benshi bagapfa. Kubera ko bisa n’aho ibigo bicukura ririya buy...
U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe n’u Bushinwa ku b...
Abanyemari b’Abanyarwanda bari muri Ghana mu ruzinduko rw’iminsi irindwi biga uko bashora imari muri kiriya gihugu kiri mu bikize kuri Petelori kurusha ibindi mu gace giherereyemo ndetse no ku mabuye ...









