Abanyarwanda bohereza ikawa ku isoko ry’Uburayi basabwe gukurikiza ingingo y’uko ibiti by’iyo kawa bitagomba kuba byaratewe ahantu hahoze amashyamba agatemwa. Iri bwiriza rijyanye n’ibyo Abanyaburayi ...
Kubera kubura amadolari y’Amerika, Leta y’Uburundi iratekereza uko yakoresha amafaranga y’Ubushinwa bita Yuan (¥) nk’amadovize buzajya bukoresha butumiza ibicuruzwa hanze. Tariki 31, Nyakanga, 2025 ni...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko hari ikawa yasuzumiwe ubuziranenge basanga buri hejuru k’uburyo igiye kugurishwa ...
Ifaranga rikomeye kurusha andi ku isi ari ryo ‘idolari rya Amerika, $’ rigiye kumara amezi atandatu rihagaze nabi. Ni ibintu abahanga mu bukungu bavuga ko byaherukaga mu mwaka wa 1973 ubwo Amerika yay...
Prudence Sebahizi yageze i Bujumbura mu Burundi yitabiriye Inama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Uburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa, COMESA) itangira kuri uy...
Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika byijemeje guhahirana, AfCFTA, bwaraye butangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bitandatu byatoranyijwe ngo bizakorerwemo igerageza ry’umusaruro uzatangwa n’...
Perezida Paul Kagame yohereje Minisitiri w’Intebe Edouard Ngirente ngo amuuhagararire mu Nama Nkuru yahuje abayobozi batandukanye muri Afurika n’ubuyobozi bukuru bw’iyi Banki. Banki nyafurika y’Iteram...
Mu nama yamuhuje n’abandi bayobozi bo muri Afurika ndetse n’inshuti zayo, Perezida Kagame yavuze ko amasezerano ashyiraho isoko rusange nyafurika atagamije ko ibihugu by’uyu muryango biba ari byo gusa...
Nyuma y’uko ibicuruzwa biva mu Burusiya birimo n’ibikomoka kuri Petelori bikomanyirijwe ku isiko ry’i Burayi, ubu Nigeria niyo ihanzwe amaso ngo ihe u Burayi ibikomoka kuri Petelori bwari busanzwe buk...
Umukuru wa Guinea Bissau Umaro Sissoco Embaló ubu ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Uyu mugabo utamaze igihe kinini ayobora kiriya gihugu mu minsi ishize yararusimbutse ubwo bamwe mu basirikare b...









