Umwe mu bakozi bakuru muri Ambasade ya Ethiopia muri USA iwtwa Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we kubera icyo yise ibyaha bya Jenoside Guverinoma ye avuga ko ikorera abatuye Tigray. Yagize ati: ...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari umunyamabanga mukuru wa CommonWealth ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta. Aje kuganira n’u R...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye yemereye abashakashatsi mu mateka y’umubano hagati y’igihugu cye na Algeria kugera ku nyandiko zivuga ibyo abasirikare b’u Bufaransa bakoreye Abanya...
Abayobozi bakuru mu rwego rw’ububanyi n’amahanga hagati ya Israel n’u Rwanda baraye bagiranye ikiganiro kigamije kongera inzego z’ubufatanye. Ubucuruzi n’ishoramari ni bimwe mu byo baganiriye ho...
Perezida w’Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi Bwana Charles Michel kuri uyu wa Mbere tariki 08, Werurwe, 2021 yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo. Mu...
Kuri uyu wa Gatandatu Muri Iraq harabera igikorwa kiri mu bizibukwa mu mateka ya Kiliziya Gatulika na Islam, kuva byombi byashingwa. Umuyobozi wa Kiliziya Gatulika n’uw’Abisilamu n’aba Shiite barahura...
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye Madamu Valentine Sendanyoye Rugwabiza yaraye asinyanye na mugenzi we uhagarariye Ikirwa cya Grenada kiri mu Birwa bya Caraïbe. Ni ikirwa kigizwe n’ibirwa ...
Ubuyobozi bukuru bushinzwe ‘Protocole ya Leta’ muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwaciye amarenga ko hari ubwiru mu rugendo rwari rugiye gukorwa na Luca Attanasio wari Ambasaderi w’u ...
Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yateranye kuri uyu wa Gaandatu iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko Umunya-Kenya Dr. Peter MUTUKU Mathuki ari we uba Umunyama...
Perezida wa DRC yaraye agiranye ikiganiro na Visi Perezida wa Leta zunzwe ubumwe z’Amerika Madamu Kamala Harris. Baganiriye ku ngingo zirebana n’umutekano, icyorezo cya Ebola, na COVID-19. Ikiganiro c...









