Ubwongereza bwatangaje ko bugiye gushyira Kenya ku rutonde rw’ibihugu budashaka gukorana nabyo niba ikomeje gufungura umupaka uyihuza na Tanzania. Buvuga ko kuba Kenya yaranze guca ubuhahirane n...
Perezida w’u Burundi Bwana Evariste Ndayishimiye aherutse kugirira urugendo rw’akazi i Cairo mu Misiri, aganira na mugenzi we Abdel Fattah El-Sisi. Ibiganiro byibanze ku mubano w’ibihugu byombi n’ubur...
Abanyaburayi ntibavuga rumwe mu gukoresha urukingo AstraZenica rw’Abongereza ariko rukorerwa mu nganda zabo ziri mu Buhinde. Imwe mu mpamvu zitavuzwe ni uko harimo agahimano mu by’ubukungu ibihugu bik...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente niwe uzahagararira Perezida wa RepubulikaPaul Kagame mu muhango wo gusezera nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli. Uyu muyobozi wa Tanza...
Umunyamabanga Mukuru W’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yaraye ahuye na Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron baganira ku iterambere ry’uriya muryango. Bombi baherukana...
Major General Charles Karamba uhagarariye u Rwanda muri Tanzania yanditse mu gitabo kirimo amagambo asezera kuri Perezida John Pombe Magufuli uherutse kwitaba Imana. Abanyacyubahiro hirya no hino ku i...
Abanyarwanda batuye i Montreal muri Canada bahagarariwe n’umuyobozi wabo Elvira Rwasamanzi Kagoyire hamwe n’Ikigo Gusoma Publishing Company Limited baherutse gusinya amasezerano y’ubufatanye aga...
Perezida Paul Kagame yifatanyije mu kababaro n’abaturage ba Tanzania nyuma y’urupfu rwa Perezida John Pombe Maguguli, avuga ko umusanzu we mu gihugu cye n’akarere muri rusange utazibagirana. Kuri uyu ...
Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...
Bwana Mokgweesi Masisi uyobora Botswana ari busure Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, aganire na mugenzi we Felix Tshisekedi. Umunyamakuru wa Jeune Afrique ukorera muri DRC witwa Stanslas Bujakera Tsh...









