Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr Augustin Iyamuremye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta bagiye muri Niger guhagararira Perezida Kagame Paul mu muhango kurahirira kuyobora N...
Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021, nibwo imyaka ibiri yuzzuye Israel ifite Ambasade mu Rwanda. Ni igihugu cya 11 Israel ifitemo Ambasade muri Afurika. Ese uyu mubano wagejeje iki ku Rwanda? Ni i...
Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021 Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ivuga ko ngaruka COVID-19 yagize kuri Afurika n’uburyo bwo guhangana nazo. Iriya nama yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro ba...
Nyuma y’uruzinduko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aherutse kugirira mu Misiri akaganira na mugenzi Abdel Fattah Al-Sisi, Misiri yoherereje u Burundi ibiribwa mu rwego rwo kubufasha guhanga...
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, zemeje ko ziteguye gukorana n’ibihugu by’akarere mu kurangiza burundu ibibazo by’umutekano biterwa ahanini n’imitwe yitwaje intwaro, yaba ikomoka im...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo kurahira kwa Perezida wa Repubulika ya Centrafrique, Faustin Archange Touadéra, i Bangui, aho yari ahagarariye Perezida Paul Kagame. Dr N...
Abapolisi 80 b’u Rwanda bagiye mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gace ka Malakar muri Sudan y’Epfo, babisikana na bagenzi babo 80 bari bamazeyo umwaka. Abagiye bahagurutse ku Kibuga Mp...
Dr Biruta Vincent, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 29, Werurwe, 2021 yahuye na Madamu Amira Elfadil, akaba ari Komiseri mu Muryango w’Afurika Yunze Ubumwe ushinzwe...
Raporo ivuga ku ruhare u Bufaransa bwagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi yasohotse ku wa Gatanu w’Icyumweru gishize ntivugwaho rumwe mu ruhando rw’intiti. Hari abanyamateka bavuga ko iterura ngo ivu...
Komiseri w’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) ushinzwe ubuzima n’ibikorwa by’ubutabazi, Amira Elfadil, yavuze ko barimo kureba uko bakongera amasezerano n’u Rwanda, ngo rukomeze kwakira impunzi za...









