Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda Dr Faustin Ntezilyayo na mugenzi we wa Singapore witwa Sundaresh Menon basinye amasezerano mu bufatanye mu by’ubutabera. Umuhango wo gusinya ariya masezerano w...
Bwana Edouard Balladur wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa mu gihe Jenoside yakorewe Abatutsi yakorwaga mu Rwanda yabwiye France 24 ko u Bufaransa butagombye kugira icyo bwicuza kuri Je...
Mu Ijambo Perezida Kagame yaraye agejeje ku bagize ihuriro ryitwa Raisina rihuza u Buhinde n’inshuti zabwo, yagarutse ku nkingo bwakoze, avuga k’ubufatanye mu burezi, ikoranabuhanga, ubucuruzi n...
Uganda na Tanzania bari businye amasezerano y’ubufatanye mu gucukura ibikomoka kuri Petelori, bizacungwa na Leta z’ibihugu byombi ariko bigakorwa na Sosiyete y’Abafaransa, Total. Ni umushinga wo kubak...
Uganda Na Misiri basinye amasezerano yo guhanahana amakuru y’ubutasi bwa gisirikare. Aya masezerano asinywe nyuma y’uko Misiri na Ethiopia ndetse na Sudani binaniwe kugira icyo byemeranywaho ku ...
Uyu musanzu waraye utangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu, aba za Guverinoma n’imiryango mpuzamahanga yari igamije kureba uko Isi y...
Tariki 18, Gicurasi, 2021 biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame azitabira inama izahuriza Abakuru b’ibihugu by’Afurika n’u Bufaransa kugira ngo baganire ku izanzamuka ry’ubukungu bw’Afurika. Jeune Afri...
Kubera umwenda uremereye cyane bifitiye u Bushinwa, ibihugu bimwe by’Afurika byatanze umutungo wabyo kamere ho ingwate ngo u Bushinwa buzawiyishyure. Aka wa mugani w’Abanyarwanda ngo’ Ukena ufite itun...
Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine bapfa agace ka Donbass. Ibihugu byombi biheruka kurwana muri 2014 bipfa agace ka Crimée. Iyo ntambara yarangiye u Burusiya buk...
Perezida wa Israel Bwana Reuven Rivlin yoherereje Papa Francis ibaruwa imwifuriza we, n’Abakirisitu b’Abagatulika kuzagira Pasika Nziza, izaba kuri uyu wa 04, Mata, 2021. Mu ibaruwa ye Perezida Rivlin...









