Jérémie Blin wari uhagarariye inyungu z’u Bufaransa mu Rwanda yarangije imirimo ye kuri uyu wa Mbere tariki 28, Kamena, 2021. Yahuye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta, a...
Muri iki gihe hari ababona umubano w’u Bushinwa n’Afurika bakibwira ko utangiye vuha aha, aho u Bushinwa batangiriye kurya isataburenge Amerika mu by’ubukungu. Si byo kuko iyo urebye usanga waratangir...
Perezida Kagame yahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ajya kumwereka ubukana bw’umutingiro n’amahindure byarutswe na Nyiragongo bikangiza Umujyi wa Goma. Uru...
Mu karere ka Rubavu harahurira Perezida Paul Kagame na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi. Bitaganyiijwe ko Abakuru b’ibihugu byombi bari busure ahari ibikorwa remez...
Nyuma y’uko abaturage ba Israel bagabiye inka abo mu Karere ka Nyamasheke, kuri uyu wa Kane Ambasaderi wa Israel mu Rwanda yahaye abatuye Gisagara inka zo kubafasha kwikenura. Umwe muri bo iyo yahawe ...
Perezida Kagame yaraye avuze ko ibyo mugenzi we uyobora u Bufaransa yavuze ubwo yari mu Rwanda bidafite akamaro gusa ku byerekeye gusaba imbabazi, ahubwo bifite akamaro kurushaho ku kwerekana amateka ...
Dr Kirabo Kacyira Aissa uhagarariye u Rwanda muri Ghana yashimye abatuye ba kiriya gihugu ko bakunda ubukerarugendo ariko abasaba kurushaho kuko ari ingenzi mu guteza imbere igihugu cyabo. Yabivugiy...
Amakuru atangwa na bimwe mu binyamakuru byo muri Hong Kong avuga ko Dong Jingwei wahoze ari Visi Minisitiri muri Minisiteri y’umutekano w’igihugu yahungiye muri Amerika akajyana amabanga y’ibyabereye ...
Umunyamakuru wa CNN witwa Kaitlan Collins yaraye abajije Perezida Joe Biden icyo ashingira ho yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin ashobora kuzahindura politiki ze kuri USA. Byabaye nk’ibira...
U Bushinwa bwabwiye abayobozi b’ibihugu birindwi bikize ku isi ko igihe cyabyo cyo kuyobora isi cyarangiye. Ngo mu gihe abantu bagezemo, ntibakwiye kuyoborwa n’agatsiko. Ni amagambo yavuzwe n’umuvugiz...









