Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Gen Jean Bosco Kazura na mugenzi we wa Mozambique Admiral Joaquim Mangrasse basinye amasezerano yo kwagura ubufatanye, mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba mu Nt...
Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco na Siporo mu Burundi, Ezéchiel Nibigira, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida Evariste Ndayishim...
Mu kiganiro twagiranye na Ambasaderi James Kimonyo yatubwiye ko kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2022 yagemuriye urugo rw’Umushinwa ikawa y’u Rwanda ngo asomeho yumve icyanga cyayo. Yatubwiye ...
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi yatangaje ko umwaka ushize wa 2021 warangiye Leta y’u Rwanda imaze gufasha impunzi z’Abarundi zisaga 30,000 gutahuka, nyuma y’imyaka isaga itandatu ziri mu gihugu. N...
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we uyobora Minisiteri y’...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwashyikirije ubwa Komini Busoni ibikoresho birimo amato gakondo 22, ingashyo 31, imitego 23 n’ibindi byafatanywe abarobyi b’Abarundi barimo kuroba mu kiya...
Kuri uyu wa Mbere tariki 08, Ugushingo, 2021 u Rwanda n’u Bushinwa byizihije ku mugaragaro isabukuru y’imyaka 50 ishize ibihugu byombi bifitanye umubano. Ni umubano ushingiye ku nkingi zirimo uburezi,...
Hari amafoto ari kuri Twitter yerekana abasirikare b’u Rwanda b’abagore bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo umwe muri bo akikiye umwana ari kumuha igikoma cya SOSOMA. Bagenzi be barimo ufit...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo Minisitiri Patrick Muyaya, yemeje ko kuba abasirikare b’u Rwanda barinjiye ku butaka bwabo bidakwiye guca igikuba, nubwo bidashimishije kan...
Leta y’u Burundi yashyikirije u Rwanda abarwanyi 11 b’umutwe w’iterabwoba wa FLN, nyuma y’igihe narwo ruyishyikirije abandi bantu 21 bakekwaho ibyaha bitandukanye. Ni igikorwa cyabereye ku mupaka wa N...







