Minisitiri w’Intebe wa Canada Mark Carney yatangaje ko igihugu cye nacyo kizatanga ko cyemeye ko Palestine iba igihugu kigenga mu buryo bwuzuye. Izaba ibaye igihugu cya gatatu mu bigize ikitwa G...
Kuri uyu wa Kane Tariki 30, Nyakanga, abana 120 baturutse hirya no hino barahabwa impamyabumenyi z’uko bamaze ibyumweru bibiri bahugurwa mu ikoranabuhanga. Izo nyandiko zerekana ko bahawe ubwo b...
Abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda batoye itegeko ryemeza burundu amasezerano y’amahoro yashyizweho umukono hagati ya DRC n’u Rwanda. Ni amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washingt...
I New York ku cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abibumbye haraye habereye inama mu muhezo yo gusaba ko ibihugu byose byemeza ko Palestine yigenga byuzuye. Ubufaransa bwari bwarasabye ko itumizwa ntibwasho...
Uwo ni Gao Wenqi waraye ugejeje kuri Perezida Kagame inyandiko zimwemerera guhagararira inyungu z’igihugu cye i Kigali. Ambasaderi w’u Rwanda i Beijing ni James Kimonyo. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa K...
Nyuma y’intambara yabaye mu Cyumweru gishize hagati ya Cambodia na Thailand, ubu abayobozi b’ibihugu byombi basinye amasezerano y’amahoro kugira ngo imirwano yari imaze guhitana aban...
Ku cyicaro cy’Umuryango w’Abibumbye i New York kuri uyu wa Mbere Tariki 28, Nyakanga, harabera Inama ikomeye ihuza Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga iri butegurirwemo umushi...
I Addis Ababa muri Ethiopia hasinyiwe amasezerano yo gucyura impunzi ziri hagati y’u Rwanda na Congo, akaba areba impunzi zibishaka kandi mu mahoro. Bizakorwa kandi mu buryo bwubahiriza ubureng...
Ambasade y’u Rwanda mu Bushinwa ivuga ko hagati y’italiki ya 01 n’iya 02, Kanama, mu Ntara ya Hubei, Umujyi wa Wuhan hagiye guhurira Abanyarwanda bose n’inshuti zabo kugira ngo baganire ku iterambere ...
Leta ya Bulgaria yafashe Umudipolomate wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abandi bantu babiri bashaka kwinjiza ibiyobyabwenge muri iki gihugu bifite agaciro ka Miliyoni $ 50. Bafashwe ...









