Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakiriwe mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ari ikintu cyo kwishimirwa. Kagame yashimiye n’Abakuru b’ibindi bihugu byari bisan...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 29, Werurwe, 2022, haraterana Inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba. Biteganyijwe ko bari bwige kandi bacyemeza ko Repubulika ya Demukarsasi ...
Perezida Kagame na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah Al Sisi bitabiriye kandi bahagararira isinywa ry’amasezerano hagati y’u Rwanda na Misiri, akubiyemo n’ayo gutoza abadipolomate ku mpande zombi. Ib...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ageze i Cairo, yakirwa na mugenzi we uyobora Misiri, Abdel Fattah Al Sisi. Baganiririye ahitwa Abdeen Palace mu Biro By’Umukuru wa Misiri. Abakuru b’ibihugu byom...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahuriye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Aqaba muri Jordan baganira ku bibazo bireba ibihugu byabo. N’ubwo ku rukuta rwa Twitter rw’...
Perezida Paul Kagame hamwe n’umwami wa Jordan witwa Abdallah baraye bahuye baganira uko ibihugu byombi byakomeza umubano mu ngeri zitandukanye. Ni ibiganiro byabaye mbere gato y’uko hatangira inama y’...
Umunyamabanga mukuru wa Francophonie Louise Mushikiwabo avuga ko muri Politiki ze zo guteza imbere Igifaransa, atagamije kukigira icya mbere cyangwa icya nyuma mu ndimi zikomeye ku isi, ahubwo ko ahar...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga ukoresha Igifaransa, OIF, Madamu Louise Mushikiwabo yitabiriye ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 52 uyu muryango umaze ushinzwe. Ni ibirori byaber...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rwifatanyije n’ibihugu bivuga Igifaransa mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 52 Umuryango ubihuza umaze ushinzwe. Ni Umuryango bise Organi...
Ku rubuga rw’Ibiro by’Umukuru w’u Burundi hatangarijwe amafoto Cardinal Antoine Kambanda ari kumwe na Perezida Evariste Ndayishimiye. Cardinal Kambanda ari mu Burundi mu rwego rwo kwitabira Inama y’A...









