Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Congo- Brazaville byanditse kuri Twitter ko Perezida Paul Kagame azasura iki gihugu taliki 11, Mata, 2022. Byatangajwe ko azahakorera urugendo rw’amasaha 72 akazageza ij...
Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bayobora ibindi bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, ko igihe kigeze ibyo basezeranyije abaturage babo bakabishyira mu bikorwa, bikava mu magambo...
Perezida wa Uganda yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame. Byabereye i Nairobi aho Abakuru b’ibihugu byombi bahuriye mu muhango wo kwakira DRC mu Muryango w’Afurika y...
Nyuma y’igihe gito atangiye guhagararira u Rwanda mu Bwongereza, Hon Ambasaderi Johnston Busingye yahuye na Ambasaderi wa Cyprus mu Bwongereza baganira uko igihugu cye cyakorana n’u Rwanda mu nzego z...
Nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora u Rwanda, Perezida Kagame wa Zambia Hakainde Hichilema yamutembereje mu busitani bw’Ibiro bye. Ni ubusitani bugari burimo ibiti n’inyamaswa nk’imparag...
Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Lusaka muri Zambia mu ruzinduko rw’akazi azamaramo iminsi ibiri. Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Lusaka Kagame yakiriwe na mugenzi we Perezida wa Zambia Hakai...
Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema yatangaje ko yiteguye kwakira mugenzi we Paul Kagame uyobora u Rwanda uri buhakorere urugendo rw’akazi rw’iminsi ibiri. Perezida Kagame ari busure umujyi w’ubuke...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Perezida Paul Kagame azasura igihugu cya Jamaica mu minsi iri imbere. N’ubwo tutaramenya umunsi ariko twamenye ko ari mu Cyumweru gitaha. Nirwo ruzinduko rwa mbere azaba...
Ubwo yasubizaga ikibazo cyabazaga uko intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine iri kugira ingaruka ku Rwanda, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta yasubije ko ingaruka nyinshi ku Rwanda ...
Nyuma y’uko Leta y’u Bwongereza yemeje ko Johnston Busingye ari we Ambasaderi w’u Rwanda muri kiriya gihugu, Busingye yagejeje impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye ku buyobozi bw’u Bwongereza...









