Mu kiganiro yaraye agejeje ku bayobozi bakuru muri FIFA n’abandi bayoboye cyangwa bagatoza amakipe akomeye barimo na Arsène Wenger, Perezida Kagame yavuze ko siporo ari ahantu heza ho gufasha abantu k...
Mbere y’uko arangiza urugendo rw’iminsi mike yari amaze mu Bwongereza, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Dr Vincent Biruta yaganiriye na benshi mu bayobozi bakuru b’ubu bwami ndetse bong...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Louise Mushikiwabo ari mu Rwanda mu ruzinduko ku ikubitiro yahuriyemo na Dr Vincent Biruta uyobora Minisiteri y’ububanyi n’amahanga Mush...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yaraye i Riyad muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwo gutsura umubano n’iki gihugu kiri mu bifite petelori nyinshi kurusha ibindi ku isi....
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora ingabo za Mali zitwa General Oumar Diarra. We n’itsinda ayoboye bari mu Rwanda mu uruzinduk...
Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura hahuriye ingabo z’u Rwanda n’iza Nigeria ziri mu Rwanda mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi. Aba basirikare baje mu Rwanda mu rwego rw’ubushakashatsi ...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho mu Muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza Patricia Scotland ari mu Rwanda mu ruzinduko yabonaniyemo na Perezida Paul Kagame. Ku rukuta rwa...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yakiriya ba Ambasaderi bashya bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda barimo n’uwa Jamaica. Uwahagarariye Jamaica mu Rwanda afite icyicaro i Abuja muri Nigeria yit...
Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezida Paul Kagame yanditseho ko yishimiye intsinzi ya mugenzei we Emmanuel Macron wongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa. Emmanuel Macron yaraye ahigitse Marine Le Pen mu ...
Perezida Paul Kagame ari muri Uganda aho yitabiriye ibirori byo ku rwego rwo hejuru byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wujuje imyaka 48 y’amavuko. Ubwo Muhoozi aheruka mu ...









