Ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore witwa Lee Hsien Loong, Perezida Paul Kagame yahaye abanyamakuru ikiganiro ababwira ko u Rwanda rwishimira intambwe ubufatanye bw’ibihugu byombi bumaze gut...
Mu ruzinduko ari mo muri Leta ziyunze z’Abarabu, Perezida Paul Kagame yaraye ahuye n’Umuyobozi w’iki gihugu witwa Mohamed Bin Zayed amufata mu mugongo mu izina ry’Abanyarwanda nyuma y’uko iki gihugu g...
Mu masaha ashyira ay’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022 nibwo Perezida Kagame yari ageze Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu ruzinduko rw’akazi. Sheikh Shakhboot bin Nahya...
Urukiko rw’u Burayi rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwitambitse icyemezo cyo kuzana abimukira u Bwongereza bwagombaga kuzana mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022. Ngo kubazana birim...
Nyakubahwa Donatille Mukabalisa uyobora Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yabwiye Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Mozambique ko kuba u Rwanda rwarohereje ingabo na Polisi...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo muri iki gihugu ko niba Repubulika ya Demukarasi ya Congo idahagaritse ibyo kurushotora, ruzafata icyemezo cyo kuy...
Abakuru b’ibihugu by’Afurika bari i Malabo muri Guinée Equatoriale mu Nama y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe iri gusuzuma uko ibibazo bibangamiye abatuye uyu mugabane byakemurwa. Minisitiri w’ububany...
Perezida Paul Kagame uri mu Busuwisi mu Nama y’Ihuriro ry’ubukungu mpuzamahanga aho amaze iminsi ahura n’abayobozi batandukanye kandi bari mu bakomeye ku isi. Kuri uyu wa Kane taliki 26, Gicurasi, 202...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye bagenzi be bayobora ibindi bihugu by’Afurika ko kuba ubwo inkingo za COVID-19 zakorwaga ibihugu bikize byarabanje gukingira ababituye, bikaza gusagurira iby’Afurika,...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yayoboye Inama yahuje inshuti z’Afurika yabereye i Davos mu Busuwisi. Ni imwe mu nama ziri kubera muri kiriya gihugu zahuje abayobozi bakuru b’ibihugu, ab’ibigo by’ubucu...









