Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yahuye na bagenzi be bayobora ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba barimo na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye. Bigaga uko imyanzuro yo kugarura ...
Kuri uyu wa Mbere Taliki 12, Ukuboza, 2022, Perezida Kagame yageze i Geneva mu Busuwisi kwitabira Inama mpuzamahanga igamije ubufatanye mpuzamahanga burambye bise 2022 Effective Development Co-operati...
Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Indonesia Perezida w’u Rwanda yaraye agariye na mugenzi we uyobora Indonesia witwa Joko Widodo batinda k’umubano w’ibihugu byombi bifuza gushyira ku yindi ntera. Muri...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Prof Nshuti Manasseh yavuze ko umuhati wa Perezida Lorenco mu guhuza u Rwanda na DRC ndetse n’ibindi bice birebwa n’ibibazo biri ...
Mu gihe ibikorwa by’ububanyi n’amahanga bishyushye mu Byumweru nka bitatu bishize, Umutwe wa 23 wo ukomeje kotsa igitutu ingabo za DRC ndetse ngo ziri mu bilometero bike ngo zigere i Goma nk’uko amaku...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Madamu Malu Dreyer uyobora Intara ya Rhineland-Palatinate. Ari mu Rwanda mu rwego rwo kwizihia isabukuru y’imyaka 40 impande zombi zimaranye umubano. A...
Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi ku bantu basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi, Umunyamabanga wa Leta muri Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga yavuze ko yababajwe...
Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye abanyamakuru ko iby’uko Rusesabagina yafashwe kandi agafungwa mu buryo butubahirije amategeko, yabiganiriyeho na Perezida K...
N’ubwo hari abavuga ko ikibazo cya Paul Rusesabagina n’ibimaze iminsi bivugwa ko u Rwanda rufasha M23 bishobora kuzana umwuka mubi hagati ya Kigali na Washington, iyo urebye ishingiro ry’umubano haga...
Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken yabwiye RFI ko kimwe mu byo azaganira na Perezida Paul Kagame ari uburyo Paul Rusesabagina yarekurwa. Ni mu kiganiro kihariye yahay...









