Nk’uko Taarifa yabyanditse ku ikubitiro, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba yaraye ageze mu Rwanda yakirwa na Perezida Paul Kagame. Yamwakiririye mu Biro bye bir...
Dmytro Ivanovych Kuleba ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Ukraine biravugwa ko nava muri Ethiopia ari busure u Rwanda. Iby’uko ari busure u Rwanda byatangajwe n’umunyamakuru Samuel Gatachew wo muri Et...
Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar mu nama ihuza iki gihugu n’ibindi by’inshuti zacyo; iyo nama yitwa Qatar Economic Forum. Ari mu bayobozi b’ibihugu bazatanga ikiganiro muri iyi nama. Ku kib...
Nyuma yo kuva mu nama mpuzamahanga ya Transform Africa yaraye ibereye i Harare muri Zimbabwe, Perezida Kagame yageze i Dar es Salaam mu ruzinduko rw’akazi. Asuye Tanzania nyuma y’uko mugenzi we Samia ...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye inama mpuzamahanga ivuga ku ikoranabuhanga yiswe Transform Africa Summit ko iyo ikoranabuhanga rikoreshejwe mu buryo bwiza kandi bufatika, ryorohereza ubucuruzi bwa...
Mu ruzinduko ari mo muri Guinée Conakry, Perezida Kagame yabwiye abaturage ba kiriya gihugu ko n’ubwo buri gihugu kigira ibibazo byacyo, ariko ubufatanye no kungurana ibitekerezo byatanga igisubizo ku...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Clémentine Mukeka yijeje intumwa z’u Burundi ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu warwo kugira ngo ibikorwa byo gukangurira...
Icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda gifashwe n’urukiko nyuma y’amezi atatu yari ashize urukiko rukuru rw’u Bwongereza rusuzuma niba ibyo imiryango y’uburenganzira bwa muntu yavugaga byari bifite...
Mu ntangiriro z’Icyumweru gitangira kuri uyu wa Mbere Taliki 19, Ukuboza, Urukiko rukuru rw’u Bwongereza ruratangaza icyemezo cyarwo k’ukohereza abimikira mu Rwanda bikozwe na Guverinoma y’u Bwongerez...
Perezida w’Amerika Joseph(Joe) R. Biden yaraye yakiriye Perezida Kagame ku meza. Iki gikorwa cyo gutsura umubano hagati y’Amerika n’Afurika kitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika bitabiriye I...









