Mu ruzinduko arimo mu Birwa bya Bahamas Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahawe igihembo cy’umuntu w’Indashyikirwa. Yagihawe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Bahamas witwa Cornelius Smith ari kumwe na Mi...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yatabiriye umunsi wo kwizihiza isabukuru y’ubwigenge bw’ibirwa bya Bahamas. Ni isabukuru yizihijwe ku nshuro ya 50. Umurwa mukuru wa Bahamas wit...
Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Trinidad na Tobago, Perezida Kagame yahuye n’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma batandukanye barimo na Mia Amor Mottley uyobora ikirwa cya Barbados. Baganiriye kuri by...
Mu masaha make ashize nibwo Perezida Paul Kagame yageze mu Murwa mukuru w’ibirwa bya Trinidad na Tobago witwa Port of Spain. Yagiye mu nama ihuza Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango CARACOM. Mu magambo...
Kuri uyu wa Kane taliki 29, Kamena, 2023 nibwo Ibirwa bya Seychelles byizihije umunsi byaboneyeho ubwigenge. Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame nibo bari abashyitsi bakuru muri iki gikorw...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Seychelles kandi uyu mubano ukaba ugomba gukomeza, bishingiye ku ngingo y’uko ubuyobozi bw’ibi bihugu bugamije ko ababituye bagira. Yabivugiye ...
Muri Angola haraye hatangiye inama yitabiriwe naba Minisitiri barimo nabashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu Karere U Rwanda ruherereyemo. Irigirwamo ikibazo cy’umutekano muke muri DRC. u Rwanda rwahag...
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, General James Kabarebe yaraye asuye inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Ni ingabo z...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Gen Juvénal Marizamunda yagiye muri Mozambique ahagarariye Perezida Paul Kagame mu gikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi bo mu mutwe wa RENAMO. Y...
Ibiro by’Umuvigizi wa Guverinoma y’u Rwanda byatangaje ko u Rwanda rwishimiye ko kera kabaye ibyo rwavuze ko FDLR ikorana na Leta y’i Kinshasa, amahanga akagira ngo ni ayarwo, noneho raporo y’inzobere...









