Mu ijoro ryakeye, Donald Trump yabwiye itangazamakuru ko ikiganiro yagiranye na Vladmir Putin cyabaye kiza n’ubwo nta mwanzuro wo guhagarika intambara muri Ukraine wagezweho. Trump yavuze ko icyemeran...
Nyuma y’urupfu rw’abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe n’igisasu cy’indege za Israel, ubu haravugwa umwuka mubi hagati y’iki gihugu na Qatar. Qatar niyo nyiri Al Jaze...
Abanyapolitiki bo mu Burayi baraganira uko bazitwara mu gihe Amerika n’Uburusiya baba bemeranyije kuri ejo hazaza ha Ukraine babihejwemo, igihugu Uburayi bufata nk’ahantu h’ingenzi mu mutekano wabwo c...
Ikigo cy’Abanyamerika kitwa Symbion Power kirashaka gushora Miliyoni $700 mu kubaka uruganda rutunganya amashanyarazi avanywe muri gazi iri mu kiyaga cya Kivu ku ruhande rwa DRC. Ayo mashanyaraz...
Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda n’ubw’iza Qatar bwayoboye igikorwa cyo kwemerera abasirikare ba RDF 163 kurangiza imyitozo ihambaye bari bamazemo igihe mu ishuri rya Nasho muri Kirehe. Abo basirikare b...
Nta gihindutse, Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin arateganya kuzahura na mugenzi we wa Amerika Donald Trump mu Cyumweru gitaha, bakazaganira ku ngingo zirimo no guhagarika intambara ya Ukraine imaze ...
Kigali: Minisitiri Amb. Olivier Patrick Nduhungirehe na mugenzi we ushinzwe ububanyi n’amahanga wa Zimbabwe Prof Dr. Amon Murwira bahagaririye isinywa ry’amasezerano atanu aje gukomeza imikoranire isa...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yabwiye itsinda ry’ingabo za Sri Lanka ziri mu rugendoshuri mu Rwanda ko RDF yakoze byinshi mu gutuma u Rwanda rutera intambwe ...
Ambasaderi James Kimonyo yasabye abashoramari bo mu Bushinwa gusura u Rwanda bakirebera aho bashobora gushora imari. Yabigarutseho ubwo yatangizaga k’umugaragaro igikorwa cyiswe ‘Meet Rwanda in ...
Amagambo y’uwahoze ayobora Uburusiya Dmitry Medvedev y’uko ibyo Amerika iri gukora muri iyi minsi byavamo intambara yeruye, yatumye Trump ategeka ko ubwato bw’intambara bubiri bwoher...









