Mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatanu Taliki 12, Mutarama, 2024, nibwo Perezida Paul Kagame yageze muri Zanzibar mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 Zanzibar imaze ikoze impinduramatwara ya...
Minisitiri w’Umutekano mu Burundi, Martin Niteretse yaraye ashimangiye ko nta Munyarwanda bakeneye ku butaka bw’iki gihugu nk’uko ikinyamakuru SOS Medias Burundi cyabitangaje. Yagize ati: “Imipa...
Perezida Kagame hamwe na Abdallah II umwami wa Jordanie baraye bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ibihugu byombi mu nzego zirimo no kurwanya inyerezwa ry’imisoro n’ubufatanye mu by’ubumenyi mu by’ubuvu...
Nk’uko byari biteganyijwe, umwami Wa Jordania Abdallah II yageze mu Rwanda mu ruzinduko azaganiramo n’ubuyobozi bukuru ku birebana n’umubano hagati ya Kigali na Amman. Mbere y’...
Gen Hamdan Dagalo uyobora inyeshyamba za Rapid Support Force zihanganye na Leta ya Sudani yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi mu Karere ka Gasabo. Yanditse mu git...
Umwami Abdallah II wa Jordanie aragera mu Rwanda kuri iki Cyumweru nk’uko amakuru agera ku bwanditsi bwa Taarifa abyemeza. Nirwo rugendo rwa mbere araba ahakoreye, rukaba rugamije gushimangira umubano...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangarije kuri X ko ibyo Perezida Evariste Ndayishimiye yaraye atangaje by’uko u Rwanda rufasha RED Tabara ari ikinyoma. Makolo yasabye u Burundi gu...
Amakuru aravuga ko i Kiev bafite gahunda yo kuzafungura Ambasade mu Rwanda. Bikubiye mu itangazo riri ku rubuga rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ukraine. Iyi Minisiteri ivuga ko Ukraine ifite g...
Umuvugizi wa Guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda avuga ko iby’uko DRC izatera u Rwanda ari amagambo Perezida w’iki gihugu avuga ariko nta makuru arambuye abifiteho. Avuga ko nta makuru aba afite i...
Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza iratorera Umushinga mushya w’Ubufatanye hagati y’u Rwanda n’ubu bwami ku byerekeye abimukira. Ibiri buve muri aya matora biraba bivuze ikintu kinini ku buyobozi ...









