Perezida Paul Kagame yaraye i Doha muri Qatar mu ruzinduko rw’akazi aho yaganiriye n’umwami w’iki gihugu uko u Rwanda na Qatar bakomeza gukorana mu nzego zirimo no kwakira abashyitsi. U Rwanda rusanzw...
Iminsi ibaye 40 kuva umwaka wa 2024 utangiye. Kuva icyo gihe kugeza ubu hari Abakuru b’ibihugu batatu n’umwami umwe bamaze gusura u Rwanda. Perezida wa Guinea Mamadi Doumbouya yasuye u Rwa...
Ingabo z’u Rwanda n’iz’Ubuhinde zatangije ubufatanye burimo gusangira imyitozo n’ubufatanye mu by’inganda za gisirikare. Ubu bufatanye bushingiye ku masezerano mu bufatan...
Mu gihe havugwa gahunda yo gufungura Ambasade y’u Rwanda muri Brazil, Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda Silvio José Albuquerque e Silva yasuye Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda. Yakiriwe n’U...
Kuri X Perezida Kagame yaraye ahanditse ubutumwa bwo gufata mu mugongo abaturage ba Namibia kuri iki Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 babuze Perezida wabo watabarutse azize cancer. Perezida wa Na...
Amb Col (Rtd) Donat Ndamage yaraye agejeje kuri Perezida Filip Nyusi uyobora Mozambique inyandiko zimwemerera guhagararira inyungu za Kigali i Maputo. Uyu musirikare wagiye mu kiruhuko cy’izabukuru az...
Andrzej Duda uyobora Pologne arateganya gusura u Rwanda mu minsi mike iri imbere. Ubwo azaba ari mu Rwanda azaboneraho no gufungura Ambasade y’igihugu cye mu Rwanda. U Rwanda rwo rufite Ambasaderi war...
Perezida Kagame na Madamu we baraye i Washington D.C aho bitabiriye igikorwa ngarukamwaka cyo gusengera iki gihugu. Nyuma yo kwitabira iri sengesho ritegurwa n’Ibiro by’Umukuru w’Amerika, Perezida Kag...
Hashize iminota mike Perezida wa Guinea yuriye indege aza mu Rwanda. Ni uruzinduko rugamije ubucuti n’ubuhahirane hagati y’u Rwanda na Guinea. Aje mu Rwanda nyuma y’uko mugenzi we Pa...
Colomel Mamadi Doumbouya uyobora Guinea atagerejwe i Kigali kuri uyu wa Kane taliki 25, Mutarama, 2024. Uyu musirikare ayobora igihugu giherereye mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo y’Afurika na...









