Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yabwiye Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi ko ibibera mu Burasirazuba bwa DRC birugiraho ingaruka mu buryo bw’umutekano n’ubw’imibereho myi...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Ambasaderi Olivier Patrick Nduhungirehe yabwiye abadipolomate bahuriye mu nama iri kubera i Yokohama mu Buyapani ko kugira ngo Afurika itere imbere, bisaba ...
Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe Mamoud Ali Youssouf yatangaje ko i Addis Ababa ku cyicaro gikuru cy’uyu muryango hari gushyirwaho ubunyamabanga bwihariye bwo guherekeza isinywa ry’a...
I Yokohama mu Buyapani hatangiye inama mpuzamahanga ihuza Afurika n’iki gihugu yitabiriwe n’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga, ibanziriza izahuza Abakuru b’ibihugu izaba mu minsi iri imbere. Bayita ...
Mu Biro bye, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Guillaume Ngefa Atondoko yaraye yakiriye Ambasaderi wa Amerika i Kinshasa witwa Lucy Tamlyn baganira uko ibihu...
Kuri uyu wa Kabiri Tariki 19, Kanama, 2025 i Doha harahurira intumwa za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iz’Umutwe AFC/M23 baganire ku mahame bemeranyijeho azagena uko intambara yahagarikwa mu bury...
Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko ari ngombwa ko Putin yicarana na Zelenskyy bakaganira ku cyakorwa ngo intambara yatangijwe muri Gashyantare, 2022 ihagarare. Ni umuhigo yihaye agomba kugeraho...
Abayobozi b’ibihugu bikomeye mu Burayi bageze i Washington k’ubutumire bwa Perezida Trump ngo ababwire mu magambo arambuye ibyo yemeranyijeho na Vladmir Putin mu nama bagiranye mu mpera w&...
Hari amasezerano yasinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutanga imiti, Rwanda Medical Supply Limited, n’icyo muri Qatar kitwa Philex Pharmaceuticals yo gufasha u Rwanda gukora no kugeza ku batu...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko itishimiye icyemezo Guverinoma ya Kenya iherutse gufata cyo kugena uyihagarariye i Goma, agace kagenzurwa na M23, inyeshyamba zimaze imyaka irenga ibiri ...









