Inzego z’umutekano z’u Rwanda zoherejwe muri Mozambique zatangije ibikorwa byagutse byo gukorana n’abaturage mu rwego rw’iterambere ryabo. Harimo kubaha imbuto yo gutera, imiti n’ibikoresho by’abana b...
Nyuma yo kwitabira umuhango wo kurahira wa Bassirou Diomaye Faye, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yamugejejeho ubutumwa bwihariye yagenewe na mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame. Ni ubut...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente niwe uri buhagararire Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida mushya wa Senegal Bassirou Diomaye Faye. Faye ararahira kuri uyu wa Kabiri mu muhango uri bu...
Ambasaderi Marguerite Françoise Nyagahura uherutse kugenwa ngo ahagararire u Rwanda muri Hungary. Ni impapuro yashyirije Perezida wa Hongrie, Tamás Sulyok. Kuri uyu wa Kabiri taliki 26, Werurwe, 2024...
Mu butumwa yatanze nyuma y’uko bimaze kwemeza bidasubirwaho ko Diomaye Faye ari we watorewe kuyobora Senegal, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yamwijeje imikoranire irambye. Kagame yabwiye Faye ko ibih...
I Luanda muri Angola hateraniye Inama mpuzamahanga yahuje u Rwanda, Angola na DRC ngo baganire ku ikemurwa cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inama ibaye nyuma y’uko Abakuru ...
Amakuru aravuga ko hari abimukira 100 bamaze gutoranywa n’abayobozi b’Ubwongereza bategerejwe mu Rwanda muri Mata, 2024 mu gihe nta gihindutse. Ni ibyatangajwe n’urubuga rusanzwe rutangaza ku Rwanda i...
Bimwe mu bizakorwa na Leta y’Ubwongereza ubwo izaba yohereje abimukira mu Rwanda mu gihe byose bizaba byamaze gushyirwa ku murongo ni uguha buri wese amapawundi 3,000 ni ukuvuga hafi miliyoni Frw 5. M...
Ku kibazo cy’abibaza uko u Rwanda ruzamera nyuma y’uko Perezida Kagame azaba atakiruyobora, ubwe yabasubije ko igihe amaze aruyobora yakoze ibyo yagombaga gukora kugira ngo arutegurire ejo hazaza heza...
Mu kiganiro aherutse guha NTV Kenya Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yongeye kubwira amahanga ko igihe cyose u Rwanda ruzaba ruri mu kaga ntawe azasaba uruhushya ngo arutabare. Umukuru w’u Rwanda yakun...









