Bidatinze ubuyobozi bwa Ethiopia buratangira kubaka Ambasade mu Rwanda ku butaka bwahawe na Guverinoma y’u Rwanda bungana na metero kare 715,35. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ethiopia n’abandi b...
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko yaganiriye na mugenzi we uyobora u Rwanda ku byakorwa ngo umubano hagati y’igihugu cye n’u Rwanda wongere kuba mwiza. Avuga ko baganiriye ku ngin...
Bimwe mu bikubiye mu masezerano Ubufaransa bwaraye businyanye n’u Rwanda ni uko iki gihugu kizarutera inkunga ya Miliyoni € 400 yo kuzafasha mu iterambere ry’u Rwanda hagati y’umwaka wa 2024 n’umwaka ...
Isaac Herzog yageze mu Rwanda mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Ambasade ya Israel mu Rwanda niyo yatangaje iby’uko Perezida Herzog yageze i Kigali. Ku kibuga cy’indege yakiriwe n’Umun...
Perezidanse y’Afurika y’Epfo yashyize kuri X amashusho ya Perezida Cyril Ramaphosa akigera muri Kigali Convention Center ari kumwe na Minisitiri mu gihugu cye ushinzwe ububanyi n’amahanga Dr. Naledi ...
Amakuru aravuga ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubufaransa Stéphane Sejourné ari mu Rwanda akaba yaganiriye na mugenzi we ushinzwe ububanyi n’amahanga Dr. Biruta Vincent uko umubano hagati ya Ki...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika y’Epfo Dr. Naledi Pandor yabwiye umwanditsi ushinzwe iby’ububanyi n’amahanga mu Biro ntaramakuru by’Afurika y’Epfo, SABC, ko Perezida Ramaphosa azaganira na...
Mu masaha ari imbere biteganyijwe ko Cyril Ramaphosa utegeka Afurika y’Epfo ari busure u Rwanda. Ni uruzinduko rwo kwifatanya n’isi kuzirikana ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi no guharanira ko ita...
Petr Pavel( afite ipeti rya General) uyobora Repubulika ya Tchèque arasura u Rwanda kuri uyu wa Gatanu taliki 05, Mata, 2024. Ibiro bye nibyo byatangaje iby’uru ruzinduko rw’akazi. Mu Rwanda araganira...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Poland Prof Shyaka Anastase yasinyanye n’ubuyobozi bw’ikigo cy’ubushakashatsi cyo muri iki gihugu amasezerano y’ubufatanye n’u Rwanda mu bushakashatsi mu bya science. Ikigo ...









