Perezida Kagame yabwiye bagenzi be bitabiriye inama mpuzamahanga ihuza Afurika na Koreya ko amajyambere Koreya y’Epfo yagezeho mu gihe gito ari igihamya cy’uko n’abandi batera imbere kuri urwo rwego. ...
Minisitiri w’u Rwanda ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi Dr. Ildephonse Musafili yasinyanye na mugenzi we wa Guinea amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubuhinzi. Ni amasezerano azibanda ku bushakashat...
Muri Koreya y’Epfo aho Perezida Paul Kagame ari mu Nama Mpuzamahanga y’ibihugu by’Afurika n’iki gihugu, azahahererwa impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro mu by’ubuyobozi rusange bita Pub...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Seoul muri Koreya y’Epfo mu Nama mpuzamahanga iki gihugu kizagirana n’ibihugu by’Afurika. Niyo nama ya mbere iki gihugu kigiye kugirana n’ibindi by’Afurika ikaba yitwa Kore...
Umukuru w’igihugu Paul Kagame avuga ko bikwiye ko ibyo Abayobozi baba baremeranyijwe mu nama ngo bazabikore mu iterambere rya Afurika baba bagomba kubeshyira mu bikorwa. Yabivugiye mu nama yitab...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye n’Umutekano wo mu muhanda, Jean Henri Todt. Ari mu Rwanda muri gahunda yo gutangiza ubu...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yagiye muri Uganda kuganira na mugenzi we uyobora iza Uganda General Muhoozi Kainerugaba ku ngingo zirebana n’imikorere ya gisirikare ku mpande zombi...
Perezida Kagame yakiririye mu Biro bye Perezida wa Kenya William Ruto. Ruto ari mu Rwanda mu nama mpuzamahanga yiswe Africa CEO Forum. Iyo nama kuri uyu wa Kane nibwo yafunguwe na Perezida Kagame. Kur...
Nyuma yo gusura Senegal, Perezida Paul Kagame arakomereza urugendo rwe muri Guinea aho ari buganire na mugenzi we Mamadi Dombouya. Muri Mutarama, 2024 Perezida Dombouya yasuye u Rwanda nawe kaba yari ...
Nyuma y’uko abayobozi b’Uburundi batangaje ko gerenade zimaze iminsi ziterwa muri Bujumbura zigirwamo uruhare n’abantu bahorejwe n’u Rwanda, Guverinoma yarwo yasohoye itangazo ribihakana. Ni itangazo ...









