Lt Gen Huang Xucong ushinzwe ingabo z’Ubushinwa zirwanira ku butaka ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Yaganiriye na Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda n’Umugaba mukuru w’ingabo, Ge...
I Luanda habereye inama y’ubuhuza bwa Angola yitabiriwe n’abahagarariye inzego zishinzwe iperereza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Baganiriye ku byo babona byakorwa kugi...
Iryo shimwe rikubiye mu kiganiro gito Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Faustin-Archange Touadéra yahaye abanyamakuru nyuma yo kwakira urubyiruko rw’abantu 634 batojwe n’ingabo z’u Rwanda ibya gi...
Gen Patrick Nyamvumba yagejeje impapuro zimwerera guhagararira igihugu cye muri Tanzania azigeza kuri Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu Hon. Amb. Mahmoud Thabit Kombo. Taliki 27, Gashyant...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe n’itsinda rye bitabiriye inama y’Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga yiga ku mutekano muke muri DRC yabereye muri Angola. Ni inama...
Binyuze muri Guverinoma ya Kenya, Raila Odinga yatanze kandidatire yo kwiyamamaza kuzatorerwa kuyobora Komisiyo y’Afurika yunze ubumwe. Hagati aho hari amakuru avuga ko Kenya ihanganye na Tanzania kur...
Dr. Alon Liel wabaye umuyobozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Israel akaba yaranayihagarariye muri Turikiya avuga ko igihugu cye gikwiye gufatana uburemere ibyo Perezida wa Turikiya aheru...
Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi avuga ko mugenzi we uyobora Kenya yatumye iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Nairobi yari agamije kugarura amahoro mu Burasi...
Perezida Paul Kagame yaganiriye na Minisitiri mushya w’Intebe mu Bwongereza witwa Sir. Keir Starmer. Ni ibiganiro byabereye mu Bufaransa aho bombi bagiye kwitabira itangizwa ry’imikino Olempiki ryabay...
Assia Iranzi wakomokaga mu Karere ka Rwamagana na Magnifique Manishimwe wo mu Ruhango bazize impanuka bagongewe muri Oman. Baje biyongera kuri mugenzi wabo witwaga Hadjira Umwizasate nawe wazize impan...









