Mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku bibazo by’ubukungu biri ku isi yitwa Doha Forum, Perezida Kagame avuga ko kuba Ubushinwa ari igihugu gikomeye ari ikintu cyiza. Kagame avuga ...
Tariki 15, Ukuboza, 2024 i Luanda muri Angola hateganyijwe Inama izahuza Perezida Kagame na mugenzi we wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ku butumire bwa mugenzi wabo uyobora Angola...
Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye ntiyitabiriye Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, EAC, yabereye Arusha muri Tanzania. Yahagara...
Nk’uko byari biteganyijwe, Perezida Kagame yageze Arusha muri Tanzania aho yitabiriye Inama ya 24 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ibiro Village Urug...
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 30, Ugushyingo, 2024 i Arusha muri Tanzania hazateranira Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazub, EAC, izizihirizwamo i...
Einat Weiss uhagarariye Israel mu Rwanda avuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa abagore bo mu Rwanda n’ahandi ku isi ari icyorezo gishengura umubiri na roho. Yavuze ko iki kibazo ki...
Tariki 25, Ugushyingo, 2024 i Luanda muri Angola habereye inama yahuje Minisitiri Olivier Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na mugenzi we Judith Kayikwamba Wagner wa DRC, iganirirw...
Muri ba Ambasaderi Perezida Kagame yaraye yakiriye impapuro zabo zibemerera gukorera mu Rwanda, harimo n’uwa Luxembourg witwa Jeanne Crauser. Aje guhagararira Luxembourg mu Rwanda nyuma y’uko narwo rw...
Umuhinde Salman Khan ukurikiranweho ibyaha by’iterabwoba n’ibindi bifitanye isano wabaga mu Rwanda yoherejwe iwabo. Kuri uyu wa Gatatu, taliki 27 Ugushyingo 2024, nibwo yurijwe indege ku kibuga cy’Ind...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ingabo za Israel n’abarwanyi ba Hezbollah bahagaritse imirwano yo mu ntambara igiye kumara amezi atatu. Saa kumi za mu gitondo ni ukuvuga saa munani ku isaha m...









