Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...
Nduhungirehe Olivier yabwiye Akanama k’Afurika yunze ubumwe gashinzwe amahoro ko kurasa mu Rwanda kwakozwe na DRC mu minsi ishize ari ikosa rikomeye rikwiye kwamaganwa na buri wese. Yabivugiye m...
Kuri iyi nshuro Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio, batinda ku biri kubera mu Burasirazuba bwa DRC cyane cyane i Goma. Ku rubug...
Ambasaderi wihariye ushinzwe ibibera mu Karere k’Ibiyaga bigari Vincent Karega yabwiye itangazamakuru ko abasirikare ba DRC bahungiye mu Rwanda bafite amahitamo yo kuzahaguma nibabishaka. Yabivugiye m...
Amakuru aravuga ko Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuganye kuri telefoni na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, ku mutekano mucye uri i Goma. Kuri X, Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epf...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu nibwo bivugwa ko ubuyobozi bwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga bwa DRC bwasabye abadipolomate bayo bose bakoreraga i Kigali gutaha kandi ab’u Rwanda bakoreraga i Ki...
Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko yaraye aganiriye na bagenzi be bayobora u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, batinda ku ntambara ikomeje guca ibintu hafi ya Goma. Yasabye ko...
Ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bimaze kugera ku rwego ruhanganyikishije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres. Asanga bigeze ahakomeye ku bu...
Inyandiko yasohowe na Leta zunze ubumwe z’Amerika yabonywe n’itangazamakuru mpuzamahanga ivuga ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwakuyeho inkunga bwahaga amahanga ukuyemo Israel na Misiri. Ni amakuru ya...
Mu musangiro wateguwe na Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika Prof Mathilde Mukantabana niho yatangarije ko igihugu ahagarariye kizakomeza umubano gisanganywe na Amerika iyobowe na Donald Trump. Aho yab...




