Perezida Kagame yabwiye CNN ko nta muntu uzagira uruhare mu kurinda umutekano w’Abanyarwanda uretse bo ubwabo. Yaraye abiganirije umunyamakuru Larry Madowo usanzwe ukorera CNN ubwo baganiraga ku mutek...
Polisi y’u Rwanda yahungishije abadipolomate b’Umuryango w’Abibumbye babaga mu Mujyi wa Bukavu uri muri Kivu y’Amajyepfo, ukaba uri hafi kugerwamo n’abarwanyi ba M23. Abo barwanyi bari baherutse no gu...
Nyuma yo kuraswa n’abarwanyi ba M23 zigapfusha abantu 13, ubu ingabo za Afurika y’Epfo zigera ku 2,000 zabuze uko zitaha iwabo kuko nta ndege yemerewe kugwa i Goma ngo izitware. Amakuru avuga ko hari ...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko yamenye ko hari umugambi ingabo za SADC zari ziri i Goma mu minsi ishize zari zifatanye n’iza DRC wo kurutera. Itangazo ry’iyi Minisiteri rivug...
Major General Emmy Ruvusha uyobora inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique yaganiriye n’umugaba w’ingabo z’iki gihugu ku zindi ngamba zikwiye mu guhashya abahakorera iterabwoba. Hari mu nam...
Jean-Noël Barrot uyobora Ububanyi n’amahanga bw’Ubufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yakiriwemo na Perezida Kagame. Ubwo yageraga i Kanombe kuri uyu wa Kane tariki 30, Mutarama, 2025 yakiriw...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko ikibazo cy’umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo gikomeye ariko yirinda kugira byinshi akivugaho. Yasubizaga umunyamakuru...
Perezida Paul Kagame yaraye aganiriye na João Lourenço uyobora Angola akaba asanzwe ari umuhuza mu kibazo u Rwanda rufitanye na DRC. No mu biganiro baraye bagiranye bagarutse k’ugushakira igisubizo ki...
Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga hagati y’u Rwanda na Israel baganiriye uko ibihugu byombi byarushaho gukorana muri ibi bihe ibintu bitifashe neza muri Repubulika ya Demuka...
Corneille Nangaa uyobora M23 mu rwego rwa politiki yatangarije mu kiganiro n’abanyamakuru ko intego bafite ari iyo gukomeza urugamba kugeza bafashe na Kinshasa. Nangaa yabibwiye abanyamakuru barimo n’...







