Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi birateganya gufata amafaranga y’umutungo wahoze ari uw’Uburusiya bwagwatiriye urenze miliyari €200 bikawuha Ukraine. Ababiyobora bavuga ko bizayifasha kw...
Inama yabaye tariki 08, Gashyantare, 2025 igahuriza hamwe Abakuru b’ibihugu bya SADC na EAC niyo ntandaro yo kwemeza ko Uhuru Kenyatta wahoze uyobora Kenya, Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria na Haile...
Joseph Kabila avuga ko Félix Antoine Tshisekedi uyobora DRC yirengagiza ibibazo bikomeye biri mu gihugu ngo abikemure, akemeza ko nibikomeza gutyo, bizatuma igihugu gisenyuka. Kabila abivuze nyuma y’...
I Nairobi, kuri uyu wa Gatanu, abagaba b’ingabo z’ibihugu bya EAC barangije Inama baganira ku miterere y’intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, bafata i...
Kuri uyu wa Kane tariki 20, Gashyantare, 2025, Amerika yatangaje ko yafatiye Gen (Rtd) James Kabarebe ibihano mu rwego rw’ubukungu. Uyu muyobozi wahoze ari n’umusirikare mukuru mu ngabo z&...
U Rwanda rwabwiye Ubwongereza ko ingamba rwafashe zo kwirindira umutekano ari rwo zireba bityo ko ntawe ukwiye kurutegeka uko rubyitwaramo. Hari nyuma y’itangazo ryasohowe n’Ibiro by’Ubwongereza bishi...
Itsinda riyobowe na Lambert Mende ryavuye i Kinshasa ryerekeza muri Kenya kuganira na William Ruto uyobora iki gihugu na EAC. Baraganira ku cyakorwa ngo M23 icururuke, intambara iri mu Burasirzuba bwa...
Donald Trump yanenze imiyoborere ya Perezida wa Ukraine, avuga ko adashoboye kuganira ngo amahoro agaruke aho yabuze, haba mu gihugu cye cyangwa ahandi. Volodymyr Zelenskyy unengwa asanzwe ari Perezid...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga yahagaritse imikoranire n’iy’Ububiligi bitewe n’imyitwarire yabwo irimo agasuzuguro no kurusibira amayira. Ni icyemezo kizamara imyaka itanu ni ukuvuga hagati ya 2024 na 20...
Abadipolomate ba Amerika n’Uburusiya batangaje ko hari akazi kenshi kandi gakomeye kagomba kubanza gukorwa mbere y’uko Putin ahura na Trump. Babitangaje nyuma y’amasaha ane n’igice baganira ku ngingo ...








