Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Israel yatangaje ko yatunguwe kandi ibabazwa no kwirukanwa k’uhagarariye iki gihugu mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe wari wagiye kwifatanya n’abandi mu kwibuka J...
Muri Kaminuza yigisha imibare na siyansi iri mu Murenge wa Niboye Akagari ka Nyakabanda mu Karere ka Kicukioro haherutse gutahwa icyumba abahanze udushya bakoresheje ubwenge buhangano bazajya bicaramo...
Dr. William Samoei Ruto uyobora Kenya akayobora n’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba yaganirije abantu batanu baherutse gushyirwaho ngo bazabe abahuza mu bibazo biri hagati ya M23 na Repubulika ya ...
Wang Xuekun wari Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda mu myaka itatu ishize, akaba yacyuye igihe avuga ko muri icyo gihe cyose yari amaze ahagarariye igihugu cye i Kigali, hari byinshi byamunyuze. Uyu m...
Ubwo bari bagiye mu bukwe bw’inshuti yabo, Abanyarwandakazi bane bakuwe mu modoka bakirangiza kwerekana ibyangombwa byabo ko ari Abanyarwandakazi bahita bashyirwa ku ruhande bajya gufungwa. Uburundi b...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...
Ubwo yagezaga ijambo kuri bagenzi be ba EAC na SADC bari bitabiriye Inama yabahuje mu buryo bw’ikoranabuhanga, Perezida Kagame yababwiye ko intambara akenshi iterwa n’akarengane mu bantu. ...
Leta ya Qatar yatangaje ko yishimiye ko u Rwanda na DRC biyemeje guhagarika imirwano mu Burasirazuba bwa DRC kandi ko byatangiye gushyirwa mu bikorwa. Qatar ivuga ko iyi ari intambwe ishimishije mu gu...
General Muhoozi Kainerugaba uyobora ingabo za Uganda yatangaje ko urugendo yakoreye mu Rwanda rwagenze neza. Avuga ko imikoranire hagati y’igisirikare ayoboye na RDF ari myiza kandi ikwiye gukom...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF) Gen Muhoozi Kainerugaba, aherekejwe na mugenzi we w’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama riherereye mu Karere ka M...









