Kuri uyu wa Gatanu Tariki 25, Mata, 2025, bitaganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC Thérèse Kayikwamba Wagner bari businyire imbere ya M...
Buri ruhande hagati ya M23 na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasohoye itangazo bivugwa ko ryemeranyijweho rikubiyemo iby’ingenzi bigomba kubahirizwa kugira ngo inzira iganisha ku mah...
Paul Kagame yanditse kuri X ko u Rwanda rwifatanyije n’amahanga mu kababaro k’urupfu rwa Papa Francis, avuga ko ruzamwibukira ahanini k’ukuba yarasabye imbabazi mu izina rya Kiliziya kubera uruhare ya...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Jean Patrick Olivier ari muri Pakistan mu ruzinduko rw’iminsi itatu rwo gutsura umubano harebwa uko i Kigali hafungurwa Ambasade ya Pa...
Mu rwego rwo gukora inshingano z’ubuhuza aherutse gushingwa na Afurika yunze ubumwe, Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé yahuye na mugenzi we wa DRC Tshisekedi bagira ibyo baganira. Ibir...
Umuryango wa Afurika yunze ubumwe uherutse kugena Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé ngo abe umuhuza mu kibazo kiri hagati ya M23, u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Ni inshingano...
Umuryango mpuzamahanga wemeje ko ibyabaye mu Rwanda hagati ya Mata na Nyakanga, 1994 ARI Jenoside yakorewe Abatutsi ATARI Jenoside yakorewe mu Rwanda. Ibi ariko radio mpuzamahanga y’Abongereza, BBC, n...
Minisitiri mu Rwanda ushinzwe ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Amb Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yakiriye mu biro bye Ambasaderi Michael Ian Upton uhagarariye New Zealand mu Rwanda baganira uko...
Mu Murwa mukuru wa Qatar ari wo Doha hari bubere ibiganiro bihuza intumwa za M23 n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ariko byasubitswe kugeza ku itariki itatangajwe. Byari byateguwe mu ...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama wa Perezida Donald Trump , yaraye aganiriye na Perezida Kagame bagaruka ku bibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba no ku mikoranire mu iterambere. Ibiro Village U...









