Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yayoboye umuhango wo kwakira mu gisirikare cy’igihugu cye abasore n’inkumi 525 bamaze amezi atandatu batozwa n’ingabo z’u Rwanda uko intambara yo ku butaka irwanwa...
Ngoga Martin wari usanzwe uhagarariye u Rwanda muri Kenya yoherejwe mu Muryango w’Abibumbye guhagararira yo inyungu z’u Rwanda. Yasimbuye Ernest Rwamucyo wahise umusimbura muri izo nshinga...
Olivier Patrick Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Rwanda ari i Brussels mu Bubiligi mu nama ihuza abashinzwe ububanyi n’amahanga muri Afurika na bagenzi babo bo mu Burayi. ...
Umuhuza wagenwe na Afurika yunze ubumwe, Faure Gnassingbé, yaganiriye n’abamufasha muri uyu murimo ngo harebwe uko ibyaganiririwe i Nairobi mu rwego rwa EAC byahuzwa n’ibyo muri SADC byaganiririwe mu ...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...
Paul Kagame yageze i Abidjan muri Côte d’’Ivoire mu nama yamuhuje na bagenzi be yitwa Africa CEO Forum iyobowe na mugenzi we Alassane Ouattara. Africa CEO Forum ni inama yitabirwa n’abayobozi bakuru ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Nduhungirehe yageze Budapest muri Hongrie aho biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere ari butahe ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu. Olivi...
Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa aganira na mugenzi we Emmanuel Macron. Perezidansi y’u Rwanda ivuga ko Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri byinshi bifite aho bihuriye...
Perezida Paul Kagame yakiririye mu Biro bye Umuyobozi ku rwego rw’isi w’Umuryango Mpuzamahanga wa Croix Rouge witwa Mirjana Spoljaric Egger. Yamwakiranye n’uyobora uyu muryango ku rwego rwa Afurika wi...









