Hari Abakuru b’Imidugudu yo mu Karere ka Musanze bavuga ko bakeneye telefoni zabo bwite kandi zikoresha murandasi kugira ngo bajye batanga raporo z’akazi batiye abaturage. Abaganiriye n’itangazamakuru...
Itangazamakuru ryigenga mu Burundi rirataka ko rimaze hafi ibyumweru bibiri ryarahejwe mu biganiro bibera mu Nteko ishinga amategeko. Abashinzwe uburenganzira bwaryo bavuga ko ibiri gukorwa mu buyoboz...
Nyuma y’amezi menshi mu Ntara za Uganda habera amajonjora ya nyampinga w’iki gihugu mu mwaka wa 2025/2026, irushanwa rya nyuma ryarangiye Trivia Elle Muhoza ari we ubitorewe. Kuri uyu mwanya yari ahat...
Germaine Uwera wiga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya siyanse na tekinoloji avuga ko iyo arebye uko bagenzi be bitabira kwiga siyansi asanga basigaye biyiyumvamo kurusha mbere. Yabwiye Taarifa...
Mu Mudugudu wa Kamuvunyi A, Akagari ka Nyarusange mu Murenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza habonetse umurambo w’umusore witwa Habukwiye Viateur w’imyaka 19 wari iminsi irindwi hatazwi irengero rye....
Abagize Komisiyo mu Nteko y’u Rwanda ishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’umutungo wa Leta bashima ko hari imyanzuro myinshi Kaminuza y’u Rwanda yashyize mu bikorwa mu nama yari yarahawe ubwo yagenzurwaga ...
A group of 120 girls from across Rwanda have successfully completed a comprehensive two-week training in coding and robotics and are graduating today at a ceremony held at GIZ Digital Transformation C...
Umugore wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika yabaye umuntu wa gatatu ku isi ukize virus itera Sida (VIH), nyuma y’igihe ahabwa serivisi yo gusimbuza bimwe mu bigize amaraso ye, nka bumwe mu buryo bwak...
Ibihugu bitandukanye bikomeje gusaba abaturage babyo kuva muri Ukraine, mu gihe hari ubwoba ko intambara ishobora kurota hagati y’icyo gihugu n’u Burusiya. Ni ibyemezo birimo gufatwa n’ibihugu byo mu ...








