Uyu mugabo w’imyaka 67 y’amavuko yabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza guhera muri 1997 kugeza muri 2007. Mbere y’uko aba we, ntiyari yarigeze akora mu nzego z’ubuyobozi mu Bwongereza. Avuga ko ku...
Raporo ya Global Gender Gap Index 2021 yashyize u Rwanda ku mwanya wa karindwi ku isi n’uwa kabiri muri Afurika, mu kubahiriza uburinganire bw’abagabo n’abagore mu nzego zitandukanye...
I&M Bank Rwanda Plc yatangaje ko inyungu yayo mu 2020 nyuma yo kwishyura imisoro yageze kuri miliyari 5.1 Frw, nubwo ari umwaka wabaye mubi ku bikorwa by’ubucuruzi kubera icyorezo cya COVID-...
Jean-Paul Kimonyo ni umushakashatsi mu mateka y’u Rwanda cyane cyane urwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Yahoze ari umujyanama wa Perezida Kagame. Avuga ko raporo y’Abanyamateka b’Abafaransa nta...
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yahagaritse Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Gishinzwe Ibyambu, Tanzania Ports Authority (TPA), ushinjwa imikoreshereze imibi y’umutungo w’igihugu. Deusdedit Kakoko yi...
Perezida Uhuru Kenyatta yahagaritse ingendo zinjira cyangwa zisohoka mu bice bya Nairobi, Kajiado, Machakos, Kiambu na Nakuru, hagamijwe gukumira ubwandu bushya bwa COVID-19 bukomeje kwiyongera. Ni ic...
Dr. Michelle Martin wo muri California State University muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatanze ubuhamya bw’uburyo Paul Rusesabagina yamaze igihe kirekire ategura ibikorwa byo gukuraho ubutegetsi, ...
Ikigo cy’Indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyabaye icya mbere muri Afurika gikingije abakozi bose icyorezo cya COVID-19, mu ntego zo kuba ikigo gikora ingendo zitekanye kurusha izindi kuri uyu mugabane. G...
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare ku wa Kane ruzasoma urubanza ruregwamo abantu 32 barimo Rtd Major Habib Mudathiru n’abasirikare batanu bo mu Ngabo z’u Rwanda, baregwa ibyaha by’iterabwoba bishamikiye ku...
Umuntu witwaje imbunda yishe arashe abantu 10 barimo n’umupolisi, mu bugizi bwa nabi bwabereye mu iguriro ry’ibiribwa muri Leta ya Colorado muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Icyo gitero cyagabwe kuri...









