Abaturage barasabwa kwemeza amakuru y’irangamimerere yabo kugira ngo ahari amakosa akosorwe bityo bizorohe guhabwa indangamuntu koranabuhanga. Bayise e-Ndangamuntu ikaba izatangira gutangwa muri Kamen...
Nyuma y’urupfu rw’abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe n’igisasu cy’indege za Israel, ubu haravugwa umwuka mubi hagati y’iki gihugu na Qatar. Qatar niyo nyiri Al Jaze...
Abanyapolitiki bo mu Burayi baraganira uko bazitwara mu gihe Amerika n’Uburusiya baba bemeranyije kuri ejo hazaza ha Ukraine babihejwemo, igihugu Uburayi bufata nk’ahantu h’ingenzi mu mutekano wabwo c...
Batamuriza Faith uyobora Urwego rw’ubwizigame muri Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ubwizigame bw’Abanyarwanda bugeze kuri 48%, umubare ukiri muto. Avuga ko nubwo ari uko bihagaze, muri rusange iki...
Ikigo cy’Abanyamerika kitwa Symbion Power kirashaka gushora Miliyoni $700 mu kubaka uruganda rutunganya amashanyarazi avanywe muri gazi iri mu kiyaga cya Kivu ku ruhande rwa DRC. Ayo mashanyaraz...
Perezida Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abajenerali barindwi barimo Lt Gen Peter Elwelu wabaye umugaba mukuru w’ingabo wungirije akaba n’umwe mu basikare bari indahemuka cyane kuri we. Aba...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyo Donald Trump avuga by’uko kugira ngo amahoro agaruke ari ngombwa ko Ukraine iharira Uburusiya ubutaka bumwe bitazashoboka. Trump avuga ko mu...
Uruzinduko rw’iminsi ibiri ari gukorera mu Burasirazuba nirwo rwa mbere rw’akazi Dr. Justin Nsengiyumva atangiriye mu Ntara nyuma y’igihe gito Perezida Kagame amugize Minisitiri w’Intebe. Yatangiriye ...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iyobowe na Perezida Félix Tshisekedi yanzuye ko Adolphe Muzito aba Minisitiri w’Imari muri Guverinoma iyobowe na Judith Suminwa Tuluka wari usanzwe ari Minisitiri w’Intebe...
Ibyari bimaze iminsi bivugwa ko bizakorwa na Netanyahu bigiye kuba impamo nyuma y’uko Inama yaguye y’Umutekano y’igihugu cye yaraye ayoboye yemeje ko ingabo za Israel zigiye gufata Gaza yose. Kugeza u...









