Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu batatu bafite ibilo 12.5 by’urumogi bagiye kurucuruza mu baturage, bahita bashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha ngo bakorweho iperereza. Kuri uyu w...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyorezo bya Sida na COVID-19 hari amasomo bikwiye gusiga, yo gukoresha ubushobozi buhari mu kubaka urwego rw’ubuzima rufite ingufu, rwafasha mu guhangana n’ibindi bibaz...
Ku wa 8 Kamena 2020 – ku wa 8 Kamena 2021, umwaka uruzuye Perezida Pierre Nkurunziza apfuye. Ni urupfu rwavuzweho byinshi byiza n’ibibi, bitewe n’umwuka wa politiki yasize mu Burundi no mu baturanyi b...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yakubiswe urushyi ku itama n’umugabo wamutunguye ubwo yagendaga asuhuza abantu, mu buryo bwatumye abashinzwe umutekano we bagwa mu kantu. Macron kuri uyu wa Kab...
Umunyarwanda wamenyekanye ku mazina ya Bazambanza Munyemana yiciwe muri Uganda mu buryo bw’agashinyaguro, umurambo we uza kujugunywa ku mupaka w’u Rwanda. Umubiri w’uyu musore wabonetse kuri uyu...
Perezida Yoweri Museni yatangaje ko amashuri yose na za kaminuza bigomba gufungwa mu gihe cy’iminsi 42 guhera kuri uyu 7 Kamena, kubera itumbagira ry’imibare y’abanduye COVID-19. Mu mabwiriza yatangaj...
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’Ubwami bw’u Bubiligi bemeranyije ko iki gihugu kizahabwa ibice by’umubiri wa Patrice-Emery Lumumba, ku wa 21 Kamena. Ni itariki yemeranyijweho n’ibihu...
Guverinoma ya Burkina Faso yatangaje ko abantu 132 biciwe mu gitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro mu gace ka Solhan, mu majyaruguru y’icyo gihugu. Iki gitero cyagabwe mu ijoro ryakeye ahagana saa ...
Kuva muri Werurwe 2019 Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi bafitanye amasezerano y’ubufatanye akubiyemo ibijyanye no guhanahana amakuru ku byaha n’abanyabyaha no guhanahana amahugur...
Amakuru yashyizwe hanze n’abarimo gukora iperereza ku iraswa rya Minisitiri w’Ibikorwa remezo muri Uganda Gen Katumba Wamala, ni uko imodoka ye yarashweho amasasu 56, kubw’amahirwe akarokoka. Ni igite...









