Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bane bagirwa ba Colonel, barimo Lt Col Jean Paul Nyirubutama wahise agirwa Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego Rushinzwe Iperereza n...
Ibi byagaragaye kuri uyu wa Kane tariki 17, Kamena, 2021 ubwo ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe umutekano mu muhanda ryegeraga abamotari rikabibutsa akamaro ko gukurikiza neza amabwiri...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byamanutseho 0.1% muri Gicurasi 2021, ugereranyije na Gicurasi 2020. Muri Mata 2021 izamuka ry’ibiciro ryari ku kig...
Kuri uyu wa Mbere tariki 14, Kamena, 2021 Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi yatumije inama ikomeye yamuhuje n’abayobora Intara zose, uturere twose, n’ab’inzego z’umutekano...
Abaturage ba Israel baraye babyina buracya! Ni nyuma y’uko Inteko ishinga amategeko yabo itoye ko ihuriro rigizwe na Bwana Naftali Bennett ari ryo rigomba kuyobora Guverinoma nyuma yo gutsinda Benyami...
Inama y’abaminisitiri yemeje Dr. Diane Gashumba wahoze ari Minisitiri w’Ubuzima nka ambasaderi w’u Rwanda mu bwami bwa Suede, mu gihe Prof Shyaka Anastase wahoze ari Minisitiri w’Ubutegets...
Inama y’abaminisitiri yemeje ko ingendo zemewe guhera saa kumi za mu gitondo kugeza saa tatu z’ijoro, nyuma y’iminsi zemewe kugeza saa yine. Ni ingamba zafashwe mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’ub...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yahagaritse iteka rya Donald Trump yasimbuye, ryakumiraga muri Amerika ‘application’ zikunzwe cyane za TikTok na WeChat. Ni ‘applic...
Umushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, Serge Brammertz, yavuze ko bafite akazi gakomeye ko gushakisha abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko hari...









