Perezida Emmanuel Macron avuga ko muri iki gihe mu gihugu cye hari abantu benshi barangije kumva ko batandukanye n’abandi, ko ari bo bantu nyabo. Ibi, kuri we, birahangayikishije. Ni mu kiganiro yahay...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente ni umwe mu bashyitsi b’u Burundi mu birori by’Umunsi w’Ubwigenge, nyuma y’igihe ibihugu byombi bitabanye neza. U Burundi burizihiriza umunsi w’ubwigenge i...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko nta gahunda ihari yo kujya yakira abantu bakeneye ubuhungiro mu Bwongereza, nk’uko bikomeje gutangazwa muri icyo gihugu. Ni gahunda bivugwa ko izanagirwamo uruhare na Denm...
Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza Ben Wallace n’abayobozi bakuru batandatu b’ingabo basabwe kujya mu kato k’iminsi 10 iwabo mu ngo, nyuma yo guhura n’Umugaba Mukuru w’Ingabo bikaza kugaragara ko yand...
Nizeyimana Mugabo Olivier yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, mu matora yari asigayemo ari umukandida umwe. Yageze ku munsi w’amatora ari wenyine nyuma y’uko Rurang...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yageze mu Karere ka Rubavu, yakirwa na Perezida Paul Kagame. Biteganyijwe ko aba bayobozi bombi bagirana ibiganiro, ndetse bagasu...
Abanyeshuri 32 bagizwe na ba Ofisiye bakuru muri Polisi, Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda, barimo abahawe impamyabumenyi ...
Umunyapolitiki witwa Marine Le Pen yatangarije France Inter ko iyo yitegereje uko amatora ari kugenda, asanga hari ikizere cyo gutsinda. Anenga Emmanuel Macron ko afata Abafaransa nk’abana b’imyaka in...
Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri idasanzwe, isuzumira hamwe ingingo zirimo ingamba nshya zo kurwanya Covid-19 mu gihugu. Ni inama ibaye mu gihe ubwandu bushya bwa Covid-19 buk...
Imiryango nka Kepler na GiveDirectly ikorera mu Rwanda, iri ku rutonde rw’indi 286 yatoranyijwe n’umuherwe MacKenzie Scott, ngo ihabwe ku nkunga ya miliyari $2.73 yemeye gutanga mu bikorwa by’ubugiran...









