Perezida wa Repubulika yatangaje ko we n’umuryango we bamenye inkuru mbi ko Ambasaderi Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana kandi ko bifatanyije n’umuryango we n’Abanyarwanda bose muri rusange muri i...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), kimaze gutangaza ko Kirehe, Kicukiro na Ngoma ari two Turere twatsindishije cyane kurusha utundi, aka nyuma kaba aka Nyaruguru. Ni...
Kuri uyu wa Kabiri Tariki 19, Kanama, 2025 i Doha harahurira intumwa za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iz’Umutwe AFC/M23 baganire ku mahame bemeranyijeho azagena uko intambara yahagarikwa mu bury...
Abayobozi b’ibihugu bikomeye mu Burayi bageze i Washington k’ubutumire bwa Perezida Trump ngo ababwire mu magambo arambuye ibyo yemeranyijeho na Vladmir Putin mu nama bagiranye mu mpera w&...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko itishimiye icyemezo Guverinoma ya Kenya iherutse gufata cyo kugena uyihagarariye i Goma, agace kagenzurwa na M23, inyeshyamba zimaze imyaka irenga ibiri ...
Mu ijoro ryakeye, Donald Trump yabwiye itangazamakuru ko ikiganiro yagiranye na Vladmir Putin cyabaye kiza n’ubwo nta mwanzuro wo guhagarika intambara muri Ukraine wagezweho. Trump yavuze ko icyemeran...
Ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa Kane, umanuka mbere y’uko ugera ahari Icyanya cy’inganda cya Musanze, hari hari umutekano ‘udasanzwe’. Byaje kumenyekana ko burya...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yabwiye urubyiruko rurangije itorero ry’Indangamirwa ko gukomera k’u Rwanda gushingiye ahanini ku cyubahiro Abanyarwanda biha aho bari hose...
Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’ubutabera yasabiwe n’Ubushinjacyaha gukatirwa igihano cyo gukora imirimo nsimburagifungo mu gihe cy’imyaka 10. Bwasabye kandi ko narangiza i...
Itangazamakuru mpuzamahanga ritangaza ko hari ibitero bya Israel byinshi byagabwe muri Gaza, bigakekwa ko biri muri gahunda yo gusenya uyu Mujyi kugira ngo habeho gusenya ‘burundu’ ibirind...









