Abakuru b’ibihugu 15 by’Afurika harimo n’u Rwanda ejo tariki 16, Nyakanga 2021 bakoze inama mu buryo bw’ikoranabuhanga bari kumwe n’ubuyobozi muri Banki y’Isi bavug...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wahaye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) inkunga ya miliyoni € 1.5 – ni ukuvuga agera muri miliyari 1.7 Frw – yo gufasha impunzi z’Abarundi mu...
Peacemaker Mbungiramihingo wahoze uyobora Inama nkuru y’itangazamakuru, Media High Council, yashimye Perezida Kagame waraye umwibutse amuha inshingano muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu aho ashin...
Kubera ubwiyongere budasanzwe bwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, inama y’abaminisitiri yafashe icyemezo ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu batandatu bo mu Karere ka Rusizi, bakurikiranyweho gusagarira umucamanza no kuvogera inyubako y’Urukiko rw’ibanze rwa Kamembe. Ni ibik...
Augustin Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ubu akaba ari Senateri, kuri uyu wa Mbere yitabye urukiko rushinzwe kurengera Itegeko nshinga atumijwe n’Um...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko abantu hafi 180 barembejwe na COVID-19 ku buryo barimo kongererwa umwuka, asaba abaturarwanda kurushaho kwirinda. Ni imiba...
Ubusesenguzi: Kubera ko intambara y’amasasu yeruye hagati y’u Rwanda na Uganda isa n’idashoboka kugeza ubu, ibihugu byombi biri mu ntambara ikomeye yo guhiganwa mu rwego rw’ububanyi n’amahanga. Ni int...
Banyarwanda, Nshuti z’u Rwanda, ndabasuhuje mwese kandi mbifurije umunsi mwiza wo Kwibohora. Imyaka 27 irashize Abanyarwanda twishyize hamwe, tubohora igihugu cyacu. Kuva icyo gihe twiyemeje gukorera ...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo avuga ko icyorezo COVID-19 cyatumye abatuye Isi babona ko burya bose ari bamwe, ko ibyago by’umuturanyi biba b...








