Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Perezida Kagame na Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania basuye uruganda rwitwa Inyange Industries ruri ahitwa ku Murindi mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukir...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi asiga atanze ...
Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi mu murya...
Urutonde ruherutse gusohorwa n’Ubuyobozi bukuru bw’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe, rwerekanye Abakuru b’ibihugu by’Afurika babaye ibyatwa( champions) mu guteza imbere Afurika binyuze mu gushyiraho n...
Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19, aho guma mu rugo yaherukaga gushyirwaho mu Mujyi wa Kigali n’Uturere umunani yakuweho. Imyanzuro yafashwe kuri uyu wa G...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rufite inyungu mu kohereza abasirikare mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, kubera ko rutewe inkeke n’ibikorwa by’umutwe w’i...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda guhera ku wa 2 Kanama, ari narwo rwa mbere azaba agiriye muri iki gihugu kuva yajya ku butegetsi muri Werurwe...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga yatangaje ko nyuma y’iminsi mike u Rwanda rwohereje abasirikare muri Mozambique bamaze kwica abarwanyi benshi bo mu mutwe wa al-Shabaab, mu gihe umusi...
Perezida Paul Kagame yasabye abikorera hagati ya Afurika na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kurushaho gushakisha amahirwe y’ubufatanye mu ishoramari, by’umwihariko hakitabwa ku rubyiruko rubona ibisubizo...
Minisiteri y’Umutekano mu Burundi yatangaje ko ibitaramo umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi, yifuzaga gukorera muri icyo gihugu bitazaba, kubera ko nta burenganzira bw’ubu...









