Muri iki gihe kwiga ni ingenzi kurusha guhinga kuko no guhinga bya kijyambere bisigaye bishingiye ku bumenyi bugezweho. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburezi ku isi ryemeza ko iyo umwana y...
Dr Pierre Damien Habumuremyi yahishuye ko muri gereza zo mu Rwanda harimo ikibazo gikomeye cy’ingengabitekerezo ya Jenoside, ku buryo inzego zikwiye gushyira imbaraga mu kuyihashya, aho kwibanda hanze...
Kuri uyu wa Gatanu Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba François Habitegeko yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Intara ya Cibitoke witwa Bizoza Carême, bemeranya ko bazajya buhura mu bihe bidahindagur...
Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) yemeje ko ifitiye icyizere gihagije umuyobozi wacyo Kristalina Georgieva, ushinjwa ko yagize uruhare mu guhindura amanota yasohokaga muri rapor...
Abanyarwanda binjiye mu bihe by’amatora bizasiga habonetse abayobozi basaga 240,000, mu gikorwa kizifashishwamo uburyo budasanzwe kubera icyorezo cya COVID-19. Hazaba hatorwa komite nyobozi z’Imidugud...
Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Ukwakira, Urukiko rwa gisirikare rw’i Ouagadougou muri Burkina Faso ruratangira kuburanisha urubanza rw’abakekwaho kwica Thomas Sankara. Sankara wafatwaga nk’umuyobozi w’im...
Leta y’u Bwongereza yavanye u Rwanda ku rutonde rutukura, yemera ko guhera ku wa Mbere tariki 11 Ukwakira abantu baruturutsemo noneho bashobora gukorera ingendo muri kiriya gihugu, nyuma y’igihe...
Mu masaha ya mbere ya saa sita kuri uyu wa Mbere tariki 13, Nzeri, 2021 itsinda ry’abashyitsi bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba riyobowe na Hon Christophe Bazivamo ryasuye Akarere ka Rubavu. ...
Hasigaye iminsi ine ngo muri California hatangarizwe telefoni ya iPhone 13 izaba ifite ubushobozi bwo gukorana n’icyogajuru k’uburyo umuntu ashobora guhamagara cyangwa kohereza ubutumwa bitabaye ngomb...
Urutonde rugaragaza uko amakipe arutanwa mu gaciro hashingiwe ku mafaranga yaguzwe abakinnyi afite muri uyu mwaka ruyobowe na Manchester City yo mu Bwongereza, yakoresheje miliyari €1.08 kugira ngo ih...







