Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero hari abaturage bavuga ko bakoze biteza imbere bityo ko ubuyobozi bw’aka Karere bwabavana mu Cyiciro cya Mbere cy’Ubudehe bakajya mu cya Gatatu. Minisitiri w...
Polisi ya Kenya yafashe abaturage ba Uganda bari bari mu ikamyo yavaga muri Kenya bavuye gutora Perezida w’iki gihugu kandi batagifitiye ubwenegihugu. Kugeza ubu ntiharamenyekana uwo bari bagiye gutor...
Mu Karere ka Nyanza haherutse gufatirwa ibilo 1,574 by’imyenda yari yinjiye mu Rwanda mu buryo bwa magendu. Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu niryo ryafashe iriya myenda yari yav...
U Rwanda rwahuriya na DRC muri Angola kugira ngo intumwa z’ibihugu byombi ziganire uko intambwe zo kugarura amahoro muri DRC no gutuma umwuka w’amahoro n’ubuvandimwe hagati ya Kigali na Kinshasa zater...
Abakunda kwidagadura banakina umukino wa Golf baraye bahuriye mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana baridagadura. Baboneyeho no kwamamaza bimwe mu byo bakora ndetse abitwaje agafaranga barahaha...
Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana avuga ko amateka yigisha ko mu bantu amakimbirane, ari nayo akurura umutekano muke, ari karande. Bisa n’ibyo Abanyarwanda bavuze ko ‘nta zibana zidakomanya a...
Umusaza Jose Edoaurdo Dos Santos wari urwariye mu bitaro byo muri Espagne amaze kubikwa ko yapfuye. Guverinoma ya Angola niyo yatangarije kuri Facebook ko uriua mukambwe yatabarutse. Uyu mugabo wayob...
Inararibonye muri Politiki y’u Rwanda Tito Rutaremara mu nyandiko yacishije kuri Twitter nk’uko asigaye abigenza iyo ashaka ko abahamukurikira bamenya ibyo yabonye mu buzima bwe bwa Politiki, yagaruts...
Perezida Kagame yohereje Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente ngo ajye kumuhagararira mu muhango wo gusezera kuri Mwai Kibaki wahoze ayobora Kenya akaba aherutse gutabaruka azize uburway...
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yayoboye igikorwa cyo gusezera ku bapolisi 240 boherejwe mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo. Aba mbere bazurira indege kuri iki Cyumweru tal...









