Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’amatora Charles Munyaneza asaba abanyamakuru kuzirinda gutangaza ibyavuye mu matora kubera ko ibyo ari inshingano ya Perezida wa Komisiyo y’amatora. Icyo ri...
Iteka rya Perezida ryemeje ko amatora y’Abasenateri azaba muri Nzeri, 2024. Iri teka ryasohotse mu igazeti ya Leta Rivuga ko kwiyamamaza bizatangira taliki 26, Kanama, birangire ku wa Gatandatu taliki...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye inyubako nshya izakoreramo ibiro by’abakozi b’Akarere ka Burera. Burera yari kamwe mu turere tutagiraga inyubako nshya dukoreramo. Kugeza...
Perezida Kagame yakomoje ku banyamakuru baherutse kwihuza bandika ibyo bise Forbidden Stories bavuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda ari bubi, ko bari bakwiye gukoresha amafaranga yabo mu bindi. Ku byerekeye...
Mu masaha ari imbere, Perezida Paul Kagame araha ikiganiro Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru kuri RBA. Ni ikiganiro ashobora no kuza kwakira ibibazo n’ibitekerezo by’abaturage. Nk’uko asanzwe abige...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye abajyanama b’ubuzima bagera ku 8,000 bari baje guhura nawe ko Politiki y’ejo hazaza izakorwa n’urubyiruko kandi ko igomba kurusha ubwiza n’akamaro Politiki y’igihe cyatambut...
Mu ijambo yavuze ubwo yakiraga indahiro y’abayobozi bashya baherutse gushyirwa muri Guverinima, Perezida Kagame yabasabye gukorana imbaraga no gukorana hagati yabo kandi bakazirikana ko umwanya barimo...
Olivier Nduhungirehe wari usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi ubu niwe ushinzwe ububanyi you bw’u Rwanda, asimbuye Dr. Vincent Biruta. Biruta yagizwe Minisiteri w’umutekan...
Perezida Kagame yaraye ahuye na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi uri mu bayoboye Inama Mpuzamahanga yiga ku kibazo cy’intambara ya Israel n’Umutwe wa Hamas muri Gaza. Yagiranye ibiganiro n’a...
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde (uherutse kongera kubitorerwa) Narendra Modi, yaraye arahiriye kongera kuyobora iki gihugu muri manda ya gatatu, yemeza ko agiye kugira iki gihugu igihangange kurushaho...









