Phanuel Sindayiheba uyobora Akarere ka Rusizi yahuye n’abalimu mbere yo gutangira amashuri kuri uyu wa Mbere, anenga bamwe muri bo basindira mu ruhame, bakiyandarika kandi bagatuka abayobozi. Yabwiye ...
Imwe mu nyubako za Guverinoma ya Ukraine yaguyeho igisasu bivugwa ko cyarashwe n’Uburusiya. Kuva intambara hagati y’ibihugu byombi muri Gashyantare, 2022 yatangira, nibwo bwa mbere igisasu...
Nyuma y’uko Amerika yoherereje ubwato bugwaho indege z’intambara mu mazi aturanye na Venezuela nayo igatangira kugurutsa indege zayo z’intambara hafi aho, hari impungenge ko hashobor...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva asaba abaturage ba Musanze by’umwihariko n’abo mu tundi turere dukora kuri Pariki y’Ibirunga ko iyo ingagi zibungabunzwe, akamaro kabyo nabo kabageraho. Nsen...
Minisitiri Louis Watum Kabamba ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakiriye mu Biro bye Ambasaderi wa Amerika Lucy Tamlyn. Ingingo batinzeho mu...
Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yanditse amagambo asaba Hamas kurekura abaturage ba Israel bose yatwaye bunyago, akavuga ko Amerika idashaka ko Hamas irekura babiri, batanu cyangwa barindwi a...
Kuri iki Cyumweru Tariki 24, Kanama, 2025 Itorero Angilikani mu Rwanda (EAR) ryizihirije mu Murenge wa Gahini muri Kayonza isabukuru y’imyaka 100 rimaze rikorera mu Rwanda. Mu mwaka wa 1925 nibwo ryat...
I Cairo ntibashira amakenga ibizakurikira igitero simusiga Israel iteganya kugaba muri Gaza ikayigarurira yose. Niyo mpamvu hari gutegurwa uko ku mupaka wayo na Gaza hakongerwa ingabo n’ibikoresho bya...
Muri kajugujugu kuri uyu wa Gatandatu Tariki 23, Kanama, 2025 nibwo Perezida wa Congo-Brazzaville Denis Sassou Nguesso yageze i Kinshasa. Itangazamakuru ryo muri Congo-Kinshasa rivuga ko agenzw...
Taarifa Rwanda yabonye ibaruwa yasinywe na Dr. Murwanashyaka Emmanuel uyobora Akarere ka Nyaruguru itumiza inzego ngo kuwa Mbere kare kare bazahure baganire uko imitsindire y’abana muri aka Karere gah...









