Kuva Komisiyo y’amatora yatangaza amataliki yo kwiyamamaza no gutora, Abanyarwanda batangiye kwitegura kwamamaza abakandida babo. Aho Paul Kagame atorewe ku manota 99.18% Abanyarwanda ntibatinze...
Impaka z’iminsi ibiri zaberaga mu murwa mukuru wa Qatar witwa Doha zarangiye abayobozi ba Hamas bemeje ko Sinwar Yahya ari we ugiye kuyiyobora yose uko yakabaye. Bamwemeje nk’umuyobozi mukuru w’uyu mu...
Imyigaragambyo ikomeye imaze iminsi muri Bangladesh yatumye Minisitiri w’Intebe Sheikh Hasina yegura ahita ahunga. Hari amakuru avuga ko ashobora kuba yahundiye mu Buhinde. Muri iki gihugu hamaze im...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere, RGB, bwahagaritse Itorero ry’Umuriro wa Pentekote mu Rwanda kubera impamvu zirimo kuzana ibice mu bayoboke binyuze mu kubabibamo amacakubiri. Ikin...
Guverinoma y’u Rwanda yatumiye Abanyarwanda mu muhango wo kurahiza Perezida Paul Kagame uheruka gutorwa, kuzarahira kwe bikazaba taliki 11, Kanama, 2024. Azaba arahirira kongera kuyobora Abanyarwanda ...
Nyuma y’igihe kirekire Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo irega u Rwanda gufasha M23, ikirego gihari ubu ni icy’uko ingabo z’u Rwanda zinjiriye mu buryo yise ko buteje akaga imikorere ya ...
Kanyamuhanda Vianney Kazarama ufite ipeti rya Colonel wigeze kuba Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa ARC/M23 warwanyije ubutegetsi bwa DRC atangaza ko ubu yasubiye gukorana nawo. Yabaye umuvugizi ...
Barack Obama yaraye ahamagaye Kamala Harris amubwira ko we n’umuryango we biyemeje kuzamushyigikira mu kwiyamamariza kuyobora Amerika. Ni icyemezo cyari kitezwe na benshi mu bakurikirana politik...
Abantu babiri muri batanu baraye bagejejwe imbere y’urukiko ngo bisobanure ku byo ubushinjacyaha bubarega byo kugambanira igihugu, babwiye urukiko rwa gisikare muri DRC ko bahisemo gushinga umutwe wa ...
Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya wari usanzwe ari Minisitiri w’abakozi ba Leta n’umurimo yirukanywe mu nshingano kubera ibyaha akekwaho ko yakoze ubwo yari Minisitiri w’Ibidukikije. Umuvugizi w’Urwego rw...









