Komisiyo y’Amatora yatangaje urutonde rw’abakandida bemejwe n’Urukiko rw’Ikirenga ko bemerewe kwiyamamariza kuba Senateri mu matora azaba mu kwezi gutaha kwa Nzeri. Abazatorwa bazaba bari muri uru rw...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo ivuga ko ibikenewe kugira ngo amatora y’Umukuru w’igihugu akorwe mu mutuzo no mu mucyo bitarabona bityo ko adashoboka. Ni inshuro ya gatatu ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo but...
Nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’intebe, Aurore Mimosa Munyangaju wari ushinzwe Minisiteri ya siporo na Dr.Jean Chrysostome Ngabitsinze wari ushinzwe ubucuruzi n’ingand...
Mu ijambo ryamaze hafi isaha Perezida Kagame yabwiye Abadepite na Minisitiri w’Intebe yari amaze kwakirira indahiro ko inzego z’iperereza zarangaye ntizamugezaho ikibazo cy’umuceri weze ari mwinshi up...
Ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zikorera mu Teritwari ya Ituri zivuga ko zatunguwe no kubona indege ya Uganda igwa ku butaka bwayo nta makuru bari babifiteho. Itangazamakuru ryo muri Repub...
Perezida Kagame yaraye yongeye kugirira icyizere Dr. Edouard Ngirente, amugira Minisitiri w’Intebe. Ni itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, ku mugoroba wo kuri uyu wa Ka...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky avuga ko ingabo z’Uburusiya ari zo zarashe uruganda rutunganya imbaraga za kirimbuzi ruri ahitwa Zaporizhzhia. Uburusiya nabwo buvuga ko ingabo za Ukraine ari zo...
Minisiteri y’abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere hari Ikiruhuko rusange. Ni itangazo rigenewe abakoresha n’abakozi bo mu nzego za Leta. Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 11 ...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yatanze indahiro ye ko azakomeza kurinda u Rwanda no gusigasira ubumwe bw’Abanyarwanda. Ni bimwe mu bigize indahiro ye nka Perezida wa R...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yamaze kugera kuri Stade Amahoro aho yasanze Abanyarwanda barenga 45,000 bamutegereje ngo bumve indahiro y’inshingano baherutse kumutorera. Mb...









