Mu Ntara y’Uburengerazuba hatashywe ku mugaragaro inyubako Intare Kivu Arena biyubakiye ifite agaciro ka Miliyari Frw 5.7. Banishimiye uruhare bagize mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite aheru...
Ayatollah Ali Khamenei usanzwe ari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran aravugwaho uburwayi bukomeye ariko ntawamenya niba uburwayi bwe buterwa n’izabukuru cyangwa ari hari indi mpamvu yabuteye. Khamenei afi...
Abanyarwanda baba muri Mozambique bari mu gahinda ko kwibasirwa n’abaturage bo muri iki gihugu barakajwe n’ibyavuye mu matora birara mu maduka yabo barabasahura. Abo baturage barakajwe ni uko Daniel C...
Ahanini Kaminuza si amasomo ahabwa abanyeshuri mu ishuri ahubwo ni ubumenyi bakura mu bitabo no mu nzu z’ubushakashatsi. Niyo mpamvu Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente asaba izo mu Rwanda guha ub...
Paul Kagame yizihirije umunsi we w’amavuko aho ari mu birwa bya Samoa. Yagiye yo yitabiriye Inama ya CHOGM, Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza akaba ari nawe ubiyoboye mu myaka ibiri. Perezida ...
Perezida wa Cameroun Paul Biya w’imyaka 91 yongeye kuboneka mu ruhame ku nshuro ya mbere mu byumweru bitandatu bishize aba ahinyuje atyo abavugaga ko yapfuye bikagirwa ibanga. Televiziyo ya Leta...
Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye irahira rya Minisitiri Dr. Patrice Mugenzi washinzwe ubutegetsi bw’igihugu na Dr .Mark Cyubahiro Bagabe w’ubuhinzi n’ubworizi, Perezida Kagame yabwiye abo bagabo ko Mi...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi Edouard Bamporiki na (Rtd) CG Emmanuel Gasana bari barafunzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha. Muri Mutarama, 2023 nibwourukiko rukuru rwahanishije E...
Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye yanzura ko Dr. Patrice Mugenzi ayobora Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu asimbuye Musabyimana Jean Claude naho Dr. Marc Cyubahiro Bagabe asimbura Minisitiri w’U...
Mu mateka ya Politiki ya Kenya nibwo bwa mbere Visi Perezida wayo yegujwe na Sena. Sena niyo yari isigaye ngo yemeze ko Rigathi Gachagua wari Visi Perezida wa Kenya yegura. Rigathi Gachagua ashinjwa i...









