Elimelech Stern w’imyaka 22 akurikiranyweho n’urukiko rw’i Yeruzalemu rwitwa Jerusalem District Court kubera kuregwa kunekera Iran bikozwe n’umugore witwa Anna wamuhembaga amafaranga mu buryo bw’ikor...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatoye bushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka buri gihugu kikagira ubwigenge ...
Urukiko rukuru rwa gisirikare rwasubitse gusomera Joseph Kabila, igikorwa cyari bube kuri uyu wa Gatanu tariki 12, Nzeri, 2025 kigasubikwa kubera ko hari ibindi urukiko rwasanze bigomba kubanza kugibw...
Mu masaha ari imbere nibwo urukiko rwa gisirikare rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ruri busomere Joseph Kabila nyuma yo kuburanisha urubanza Ubushinjacyaha bwa gisirikare bwamuregagamo ibyaha bir...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Mohammed ben Abdelrahmane al-Thani avuga ko Benyamini Netanyahu agomba gukurikiranwa mu butabera kuko yategetse ko ingabo ze zirasa i Doha mu Murwa mukuru w’ig...
Umwe mu bantu ba hafi wari ukuri muto witwa Charlie Kirk yishwe arashwe ubwo yari yaje kwifatanya n’abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Utah. Byababaje cyane Donald Trump avuga ko Amerika ihombye cy...
Ingabo za Israel zarekuriye mu baturage impapuro zisaba abagituye muri Gaza kuhava bagakiza amagara yabo inzira zikigendwa. Zirateganya igitero simusiga kizakukumba ibice byose bya Gaza bisigaye kugir...
Intumwa y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye i Geneva mu Busuwisi Urujeni Bakuramutsa Feza yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko igihugu cye gikorera Jenoside ku butaka bwayo ari ib...
François Bayrou wari uri hafi kumara umwaka ayobora Guverinoma y’Ubufaransa ashobora kuza kweguzwa n’Inteko ishinga amategeko y’igihugu cye iri buterane kuri uyu wa Mbere Tariki 08, Nzeri, 2025....
Kuri iki Cyumweru nibwo abo mu Ishyaka CCM bahagarariye abandi bahuye bemeza ko Samia Suluhu Hassan ari we uzabahagarira mu matora y’Umukuru w’igihugu azaba mu Ukwakira, 2025. Ku mbuga nko...









