Abo ni Joseph Kabila, Moïse Katumbi, Martin Fayulu na Matata Ponyo Mapon. Aba bagabo ubusanzwe batari babanye neza, bahisemo kwihuza ngo babangamire gahunda ya Perezida Tshisekedi yo guhindura Itegeko...
Kizza Besigye uri mu batavuga rumwe na Leta ya Uganda tavuga yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya. Umugore we Winnie Byanyima niwe wabitangaje akeme...
Dr. Patrice Mugenzi uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu avuga ko abaturage bagira uruhare rungana na 74% mu byemezo bifatwa mu igenamigambi ry’igihugu. Yabwiye RBA ati: “ Kugeza ubu, uruhare rw...
Umuryango w’abaganga batagira umupaka bita Médecins Sans Frontières (MSF) uratabariza impunzi ziba mu nkambi z’i Goma ko zugarijwe n’indwara Abanyarwanda bita Macinyamyambi. Kutagira...
Perezida Paul Kagame yasabye ibyamamare kubaha Ikinyarwanda bikakivuga mu kibonezamvugo cyacyo, batakishe kugira ngo bibe ari byo bituma abantu babumva ko ari ‘abastar’. Hari mu ijambo yagejeje ku bag...
Perezida w’Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yatangaje ko agiye kurega The New York Times, CBS, The Washington Post n’ibindi binyamakuru kuko byamusebeje kuwo bari bahanganye. Arasaba ko nibitsind...
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagize Komisiyo y’Ubutaka, Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024 batangaje ko ibarura ry’ubutaka bw’u Rwanda ryagar...
Guhera ku wa Gatatu Taliki 13, Ugushyingo, 2024 abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari mu myigaragambyo kubera umushahara bita ‘intic...
Perezida wa Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yahaye Elon Musk akazi muri Guverinoma nshya ko kuzafatanya n’abandi mu gucunga neza umutungo wa Amerika. Trump yashyizeho itsinda rizita kucyo ...
Jeannette Kagame asanga ari ngombwa ko ibihugu bya Afurika bishyiraho uburyo bwo guha abana uburere n’ubumenyi by’ibanze bikwiye kuranga umuntu mukuru. Bikubiye mu kiganiro yagejeje ku bitabiriye inam...









