Komisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko yatangaje iteka rya Perezida wa Repubulika rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bw’izabukuru “Pansiyo” ku bakozi. Rigaragaza ko imisanzu izazamuka kuva muri uyu m...
Muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu hari abaturage 1000 ba Uganda bari mu byago byo gufungwa kubera ko bahaba mu buryo budakurikije amategeko. Bari bamaze igihe barahawe umwanya wo gushakisha impapuro z...
Perezida Kagame yaraye avuze ko urubyiruko rw’u Rwanda ari rwo mizero yarwo kandi ko rufite ubushobozi bwo kurugeza aheza rutigeze rugera mu mateka yarwo. Yabivugiye mu ijambo yaraye agejeje ku Banyar...
Ubuyobozi bwa Côte d’Ivoire bwanzuye ko ingabo z’Ubufaransa ziva muri iki gihugu. Byavuzwe na Perezida Alassane Ouattara mu ijambo rirangiza umwaka rigatangiza undi yaraye agejeje ku baturage be. Out...
Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwishima igihe babonye akanya kuko ari ko ubuzima bumeze, ariko asaba abantu bashaka guhungabanya umutekano w’Abanyarwanda ko basubiza amerwe mu isaho. Kagame...
Nk’uko asanzwe abigenza, Perezida Kagame yageneye ingabo, Polisi n’izindi nzego z’umutekano ubutumwa burangiza umwaka. Azishimira umuhati wazo mu gutuma u Rwanda rutekana kandi akazibutsa ko umuhati w...
Steven Woolfe wahoze ari Umudepite w’u Bwongereza mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi aherutse gutangaza ko guhagarika gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda, byabaye icyemezo...
Mu mwaka wa 2025 hari ibihugu by’Afurika biteganyijwemo amatora y’Umukuru w’igihugu, ay’Abasenateri, Abadepite n’abandi. Ahateganyijwe ay’Abadepite ni mu Burundi, muri Seychelles, muri Comores naho m...
Imwe mu ngingo zikomeye ziri kuvugwaho mu Rwanda mu mpera z’umwaka wa 2024 ni itegeko ryemerera abangavu gukuramo inda mu gihe no mu buryo bugenwa n’itegeko. Kiliziya Gatulika y’u Rwanda iri mu nzego ...
Imyigaragambyo yongeye kwaduka mu Mijyi imwe n’imwe ya Mozambique nyuma y’uko urukiko rurinda Itegeko Nshinga rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze mu buryo b...









